Katie McCabe , Caitlin Foord na Laia Codina bakinira bakinira Arsenal bage mu Rwanda muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’

Muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’ n’amakipe agiye atandukanye yo k’umugabane w’iburayi, Katie McCabe , Caitlin Foord na Laia Codina baheruka gufasha ikipe ya Arsenal y’abagore kweguka UEFA Champion League bamaze kugera  mu Rwanda binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda mu masezerano u Rwanda rusenzwe rufitanye n’iyikipe yo mu Bwongereza. Umunya-Australia, Caitlin Foord n’Umunya-Irlande, Katie McCabie […]

Read More

FIFA Club World Cup: ikipe ya Chelsea iraza gucakirana na Fluminense yo muri Brazil muri 1/2

kuri uyu wa kabiri imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu mijyi igiye itandukanye kiraza kuba gikomeza aho imikino igeze muri 1/2. uyu munsi guhera ku isaha ya satatu z’umugoroba ikipe ya Chelsea yo mubwongereza iraza kuba icakinana n’ikipe ya Fluminense yo muri Brazil, n’umukino urza kuba ukomeye ku mpande […]

Read More

Nihatagira igikorwa AS Kigali ishobora kudakina shampiyona umwaka utaha

Ikipe ya As Kigali yandikiye umujyi wa Kigali iwutabaza iwutabaza  kubibazo ifite ahanini bijyendanye n’amamikoro bishobora kuyibuza gukina umwaka w’imikino utaha. N’ibikubiye mu ibaruwa iyi kipe isanzwe ifashwa n’umujyi wa Kigali yanditse mu cyumweru gishize itabaza ko ko niba ntagikozwe ishobora kutazabona uko ikina umwaka utaha w’imikino.muri iyi baruwa iyi kipe yandikiye ubuyobozi bw’umujyi wa […]

Read More

Ronld Ssekiganda uherutse gusinya muri APR FC yamaze gukurwa mu bakinnyi bazifashishwa n’ikipe y’igihu ya Uganda mu mikino ya CHAN 2024

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Uganda(FUFA) ko umukinnyi uherutse kugurwa n’iyi kipe y’ingabo z’igihugu witwa Ronald Ssekiganda atazifashishwa mu mikino ya CHAN rizatangira mu Kwezi gutaha kubera ko shampiyona y’u Rwanda izaba yaramaze gutangira. Ubu bwumvikane bwemejwe nyuma y’uko uyu musore amategeko yamwemeraga kuba yazifashishwa mu irushanywa ny’Africaa […]

Read More

Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yamushakaga ko adahari ahubwo yamaze kumvikana n’ikipe ya Arsenal

Rutahizamu wumunya-Suède Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yose yamwifuzaga ko agomba kugenza gake kuko ngo we ashaka kwerekeza mu ikipe ya Arsenal yewe ngo n’ibiganiro bigeze kure cyane n’igihe agomba gusinya muri iyi kipe cyamaze kumviaknywa ku mpande zombi. Nkuko umunyamakuru Fabrizio Romano abitangaza ngo k’umunsi w’ejo uyu musore Viktor Gyökeres’ yagiranye ikiganiro kuri […]

Read More

Umunyezamu w’Umunya-Mali, Drissa Kouyaté yamaze gisinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sport

Kuri icyi Cyumweru tarki ya 6 Nyakanga 2025 ikipe ya Rayon Sport yasinyiye Sports amasezerano azageza mu mpeshyi yo mu 2027 Umunye-Mali Drissa Kouyaté warumaze iminsi ari I Kigali yaraje kurangizanya n’ikipe yamabara ubururu n’umweru. Nkuko iyi kipe ya Rayon Sport mu mafoto yashize agaragaza ko yamaze gusinnyisha uyu muzamu warumaze icyumweru ari mu Rwanda […]

Read More

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ntihakagire ikipe izongera kubahumekera mubitugu

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ndetse n’abandi bakinnyi bose ko nabo ari ingabo z’igihugu kandi ko mu muco w’ingabo z’u Rwanda zihanaganira gutsinda ntawuzihumekera mu bitugu, yababwiye ko biriya bintu byo kubahumekera mubitugu Atari byiza nat nubwo ari byo biranga ingabo z’u Rwanda, yarashatse kuvuga kubyo gutwara ibikombe andi makipe […]

Read More

FIFA Club World Cup: Paris Saint-Germain yabonye amakarita abiri atukura yakatishije tike ya 1/2 nyuma yogutsinda Bayern munich ibitego 2-1

Imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’America aho bageze muri 1/4 cyirangiza, kuri uyu munsi nibwo twamenye indi kipe yamaze kubona tike, PSG yo m’Ubufaransa yasezereye ikipe ya Bayern Munich iyitsinze ibitego 2-0, kandi nyamara yahawe amakarita abairi atukura. wari umukino warutegerejwe n’abantu benshi kubera ko aya makipe yombi n’amwe mu […]

Read More

Abakinnyi batandukanye barimo abakinanaga na Diogo Jota muri ikipe ya Liverpool n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, bitabiriye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma muri Igreja de Matriz.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2025 Abakinnyi batandukanye barimo abakinanaga na Diogo Jota muri ikipe ya Liverpool n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, bitabiriye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye muri Igreja de Matriz. Kapiteni wa Liverpool, Virgil Van Dijk, umunyezamu Caoimhin Kelleher n’umutoza Arne Slot bari mu babanaga na Jota baje kumuherekeza we […]

Read More