Liverpool bikomeje kugorana yongeye gutsindwa na Newcastle United kuri Final ya Carabao Cup

Bwambere mumateka ikipe ya Newcastle United yanditse amateka nyuma yo kwegukana igikombe cya Carabao Cup yaherukaga gutwara muri 1953, itsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino wari ukomeye wabereye kuri stade  nkuru y’igihugu y’abongereza Wembley. Newcastle, yari yaritwaye neza muri iri rushanwa kuva ryatangira, yagaragaje imbaraga nyinshi muri uyu mukino, aho yatsindiwe ibitego na Dan Burn […]

Read More

Dore uduhigo twabayeho muri ruhago

Lionel Messi yatsinze ibitego 91 mu 2012 yakuyeho agahigo kari gafitwe na Gerd Muller we yari yaratsinze ibitego 85 mu 1972. Sebastian Abreu umunya Uruguay    yakiniye amakipe 31 yose yabigize umwuga mu buzima bwe akaba yaraciye agahigo ko gukinira amakipe menshi kurusha abandi. Tommy Ross mu 1964 tatsinze ibitego 3 mu masegonda 90 yonyine ubwo […]

Read More

Kylian Mbappe Yatangiye Guca Uduhigo Muri Real Madrid

Umufaransa Kylian Mbappeyatangiye gukuraho  uduhigo  nk’umukinnyi udasanzwe muri Real Madrid nyuma yo kwandika amateka mashya akiva muri Paris Saint-Germain. Mu mukino wa shampiyona bahuyemo na Villarreal, Mbappe yatsinze ibitego bibiri wenyine, byatumye Real Madrid itsinda ibitego 2-1. Ibi byamuhesheje guca agahigo kari gafitwe na Ronaldo Nazario, wari ufite ibitego 30 mu mwaka we wa mbere […]

Read More

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Adel Amrouche, yahamagaye urutonde rw’abakinnyi bazakina na Nigeria na Lesotho

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Adel Amrouche, yahamagaye urutonde rw’abakinnyi bazakina imikino y’amajonjora y’Igikombe cy’Isi cya 2026, aho u Rwanda ruzahura na Nigeria na Lesotho. Urutonde rw’abahamagawe rurimo abanyezamu bane: Ntwari Fiacre (Kaizer Chiefs), Buhake Clement Twizere (Illesnaes/Kisa), Wenssen Maxim Kali Nathan na Ishimwe Pierre (APR FC). Aba banyezamu bazaba bashinzwe gukumira ibitero by’amakipe bahanganye. Mu […]

Read More

Umukino wagombaga guhuza Mukura VS na Rutsiro FC Wasubitswe Bitewe n’Imvura Nyinshi

Umukino wari uteganyijwe guhuza Mukura VS na Rutsiro FC kuri Stade Mpuzamahanaga ya Huye kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byari byateganyijwe kubera imvura nyinshi. Impamvu nyamukuru ni imvura nyinshi yaguye mu mujyi wa Huye, ikibasira ikibuga cya Stade Huye ku buryo cyuzuyemo amazi menshi, bigatuma kidashobora kwakira umukino. Kugeza saa 15:00, igihe umukino wagombaga gutangirira, […]

Read More

Liverpool na Arsenal Ziri mu Rugamba Rukomeye rwo Gushaka Rutahizamu wa Newcastle, Alexander Isak

Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ryegereje, amakuru yizewe dukesha ikinyamakuru SportMail  cyiravuga ko Liverpool na Arsenal bari mu makipe akomeye ahanganiye gusinyisha rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak. Uyu mukinnyi w’umunya-Suède umaze kwigaragaza nk’umwe mu basatira izamu beza muri Premier League kuko ubu afite ibitego 19 yatanze imipira ivamo ibitego 5, kandi ubushobozi bwe bwatumye […]

Read More

Premier League:Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta, yibasiye Chealsea mbere y’uko bahura

Shampiyona y’abongereza(Primier League) irakomeza k’umunsi wayo wa 29,umwe mu mikino ukomeye nuzahuza Arsenal na Chealsea.Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko Chelsea yari imwe mu makipe yatekerezaga ko azaba mu bahatanira igikombe cya Premier League muri uyu mwaka, ariko ngo iyi kipe ntago ibyo yayibonagamo mbere aribyo yerekanye. Aya magambo yayatangaje mbere y’umukino uzahuza Arsenal […]

Read More

Perezida wa Gasogi United bwana Gakooza Nkuliza Charles(KNC) cyera kabaye noneho yatangaje ko yanyuzwe n’imisifurire

Ku munsi wejo hashize shampiyona y’u Rwanda yari yakomeje k’umunsi wayo 21, Gasogi United yari yakiriye APR FC mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Wari umukino ukomeye cyane kuko APR FC yasabwaga gutsinda kugira ngo ifate umwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona. Nyamara, byarangiye amakipe […]

Read More