Bruno Fernandes akomeje kugaragaza ubuhanga muri Manchester United ariko hari ibyo asabwa kunoza

Umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim, yashimangiye ko Bruno Fernandes ari umukinnyi ufite ubushobozi bwo kwishingikirizwaho mu bihe bikomeye. Gusa, yavuze ko yifuza ko uyu Kapiteni wa United yakwizera bagenzi be kurushaho. Fernandes yigaragaje cyane mu mukino United yatsinzemo Real Sociedad ibitego 4-1 muri Europa League, aho yatsinze ibitego bitatu (hat-trick).Mu minsi yashize uyu […]

Read More

UEFA yatangaje ko igiye kuganira na FIFA na IFAB kugira ngo harebwe itegeko ryo gukora kumipira kabiri uri gutera penalite

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru k’umugabane w’iburayi , UEFA, yatangaje ko izaganira na FIFA hamwe n’IFAB (Inteko Nshingamategeko y’Umupira w’Amaguru) kugira ngo hasuzumwe niba itegeko ririho ubu rijyanye no gukoraho umupira inshuro ebyiri mu gihe umukinnyi atera penaliti rikwiye guhindurwa bakaba bagira ukundi babigenza. Ni nyuma y’uko hagaragaye impaka ku gitego cya Julian Álvarez mu mukino wa […]

Read More

Marcus Rashford yongeye kwitabazwa n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza nyuma y’amezi 12 atahamagarwa

Nyuma y’umwaka adahamagarwa mu ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, rutahizamu wa Manchester United, Marcus Rashford,  ariko kugeza ubungubu ni intizanyo muri Astoni villa,agiye kongera kwambara umwenda w’Three Lions ikipe y’igihugu y’ubwongereza. Iyi nkuru ni inkuru nziza ku bakunzi b’uyu mukinnyi w’imyaka 26, wari warasigaye inyuma mu guhamagarwa kubera imvune ndetse n’umusaruro utari ushimishije mu ikipe ye. Rashford […]

Read More

UEFA Champions League: Real Madrid yasanze Arsenal muri ¼ nyuma yo gusezerera Atheltico Madrid bigoranye

Kumugoroba washize  UEFA Champion League yakomezaga hakinwa imikino ya 1/8 kirangiza,Mu mukino wari ukomeye kandi wahanzwe amaso na benshi, Real Madrid yasezereye Atlético Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions kuri ya penaliti 4-2, nyuma yo kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi. Ibi byatumye Real Madrid ibona itike yo gukomeza muri ¼ cy’irangiza, aho izacakirana na […]

Read More

Dr. Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora CAF kugeza mu 2029

Dr. Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ku nshuro ya kabiri, nyuma yo gutorwa nk’umukandida rukumbi. Iyi manda nshya izarangira mu 2029, bikaba bivuze ko azakomeza kuyobora umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika mu myaka itanu iri imbere. Uyu muhango wabereye mu Nteko Rusange idasanzwe ya CAF iri kubera i Cairo […]

Read More

Kylian Mbappé ashobora kutaza gukina umukino wa 1/4 cya UEFA Champion League Real madrid irahuramo na Atlético Madrid

Muri Real Madrid habyutse havugwa inkuru mbi mbere yo guhura na Atlético Madrid, kuko rutahizamu wayo Kylian Mbappé ashobora kutaza kugaragara muri uno mukino kubera ikibazo cy’imvune. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye, uyu mukinnyi yagaragaye afite ububabare mu mavi, bituma atitabira imyitozo hamwe n’abandi bakinnyi ku munsi w’ejo. Real Madrid ifite icyizere ko uyu mukinnyi azaboneka […]

Read More