Manchester United yatangaje igiye kubaka sitade nshya ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 100,000

Ikipe ya Manchester United yatangaje umugambi ukomeye wo kubaka sitade nshya, izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 100,000. Iyi sitade izubakwa hafi y’ahahoze Old Trafford, aho iyi ikipe isanzwe yakiririra imikino yayo igiye itandukanye,byakunze kugarukwaho cyane n’abakunzi bayo basaba ko yavugururwa ariko byasaga nkaho abayobozi biyi ikipe bari bakiri kubyigaho. Uyu mushinga uteganyijwe gutwara agera […]

Read More

Ibihano yahawe byarangiye: Umufaransa Poul Pogba ibihano bye byarangiye yagarutse mu ikibuga

Umufaransa Paul Pogba yongeye kwemererwa gukina umupira w’amaguru nyuma yo kurangiza igihano cy’amezi 18 yari yahawe kubera gukoresha imiti yongera imbaraga. Uyu mukinnyi w’imyaka 31, wahagaritswe muri Nzeri 2023, noneho afite amahirwe yo gukomeza urugendo rwe rwo gukina umupira w’amaguru. Pogba, wahoze akinira Juventus, ari gushakisha ikipe nshya nyuma y’igihe kinini atagaragara mu kibuga. Nubwo […]

Read More

Tuzawukina nka Final: Ikipe y’igihugu ya Nigeria yatangaje ko umukino ifitanye n’Amavubi bazawukina nka Final

Binyuze kuri Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria, Ahmed Musa, yatangaje ko umukino Super Eagles izahuramo n’Amavubi mugushaka iteke y’igikombe cy’Isi uzaba ingenzi cyane, kuko ari wo uzabafasha gusubira ku murongo wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino uteganyijwe kuri tariki ya 21 Werurwe 2025 kuri Stade Amahoro. Ahmed Musa, wagarutse mu Ikipe y’Igihugu […]

Read More

Spider Camera imaze iki? Menya byinshi kuri Spider Camera yashyizwe muri stade Amahoro n’agaciro ihagaze

Kuva imikino itangiye gukinirwa kuri Stade Amahoro, abarebaga televiziyo batangiye kubona amashusho adasanzwe aturuka “hejuru” y’ikibuga. Ibi ntibyari bisanzwe mu Rwanda. Iyi kamera, yitwa Spider Camera, igenda itambagira hejuru y’ikibuga ifashishijwe imigozi idahinduka (câbles), igatanga amashusho ya 4K meza cyane. Spider Camera ifite ubushobozi bwo kwerekana buri gice cy’ikibuga uko giteye, ikagenda itambuka hejuru y’abakinnyi, […]

Read More

Manchester United yihagazeho murugo inganya na Arsenal bituma igikombe Arsenal irushaho kuzacyumva mu matangazo

Nyuma y’imikino y’iki y’umunsi wa 20 wa shampiyona , bikomeje kugaragara ko Liverpool ifite amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cya shampiyona hakiri kare, hagati mu kwezi kwa Kane. Ibi byasobanuwe n’uko Liverpool yicaye ku mwanya wa mbere n’amanota 70, ikurikiwe na Arsenal ifite amanota 55. Uko byagenda kose, iyi kipe ikinira ku Anfield ishobora gutangaza […]

Read More

Premier League: Liverpool ikomeje kwenekera amakipe,naho Manchester City bikomeje kwanga

Kuri uyu wa Gatandatu, habaye imikino ikomeye ya Premier League yagaragayemo gutsindwa kwa Manchester City na Liverpool ikomeje gukomeza umuvuduko wayo mwiza ikomeje kugaragaza muri uyu mwaka w’imikino. Liverpool 3-1 Southampton Liverpool yari yakiriye Southampton ku kibuga cya Anfield, ikomeza kwerekana ko ifite ubushobozi bwo guhatana n’amakipe akomeye bakomeje guhatana ari na Arsenal. Southampton yafunguye […]

Read More