Rutahizamu w’Amavubi Gitego Arthur yabonye ikipe nshya muri Mozambique

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi, Gitego Arthur, yamaze kubona ikipe nshya yerekezamo nyuma yo gutandukana na AFC Leopards yo muri Kenya. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko yasinye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ashobora konjyerwa bitewe nuko azitwara ya Clube Ferroviário de Beira imwe mu makipe akomeye muri Shampiyona ya Mozambique. Gitego Arthur abaye Umunyarwanda wa kabiri […]

Read More

Simba SC yanze gukina umukino wari kuyihuza na Yanga SC

Simba SC yo mu Igihugu cya Tanzania yahisemo kudakina umukino wari kuyihuza na Yanga SC, nyuma yo guhura n’imbogamizi zitandukanye zirimo no kubuzwa gukora imyitozo kuri Benjamin Mkapa Stadium aho bari gukinira na Yanga Africa. Uyu mukino wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Werurwe 2025, ukaba ari wo mukino wa ‘Kariakoo Derby’ […]

Read More

Premier League: Imikino Irakomeza n’Uburyo Amakipe Ahagaze, Manchester United izakira Arsenal

Premier League igeze mu bihe bishishikaje cyane , aho amakipe amwe ari mu rugamba rwo guhatanira igikombe, guhatanira imyanya myiza, ndetse andi ari kurwana  no kwirinda kumanuka mu kiciro cya kabiri. Dore uko amakipe ahagaze ku rutonde rwa shampiyona ndetse n’imikino iteganyijwe muri iyi wikendi. Uko Amakipe Ahagaze kugeza ubungubu Liverpool ni yo iyoboye urutonde […]

Read More

APR FC na Rayon Sports mu myiteguro ikomeye y’umukino w’ishiraniro, guhigirana kumpande zombi birakomeje

Ikipe ya APR FC na Rayon Sports ziri mu myiteguro ikomeye y’umukino uzabahuza uteganyijwe ku Cyumweru tariki 09/03/2025 kuri Stade Amahoro, aho bazahurira mu mukino ukomeye wa Shampiyona y’u Rwanda. Ni umukino w’umunsi wa 20, kandi amakipe yombi afite intego imwe: gutsinda kugira ngo yegukane amanota atatu kuko aya namwe mu amanota y’ingenzi kuri buri […]

Read More

Umutoza w’ikipe ya Lyon yo mu Bufaransa Paulo Fonseca yahagaritswe ameze 9 azira gusagarira Umusifuzi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa ryamaze guhagarika umutoza wa Lyon, Paulo Fonseca, amezi icyenda nyuma yo gusagarira umusifuzi Benoît Millot mu mukino ikipe ye yatsinzemo Brest ibitego 2-1 muri shampiyona y’Ubufaransa. Mu mukino, Fonseca yagaragaje imyitwarire idakwiye, aho yabanje kwerekwa ikarita itukura nyuma yo gutongana bikomeye n’umusifuzi. Ibi ntibyamuhagije kuko yaje kumwegera cyane amureba mu […]

Read More

UEFA Champion League: Liverpool yatsindiye PSG m’urugo,naho Barcelona na Bayern Munchen nazo zitwara neza

Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 5 Werurwe 2025, nibwo  habaye imikino ikomeye ya UEFA Champions League ya 1/8 cy’irangiza, aho Liverpool yari yasuye Paris Saint-Germain (PSG) kuri Parc des Princes maze iyitsinda igitego 1-0. Uyu mukino wari utegerejwe n’abatari bake, kuko wahuje amakipe abiri akomeye ku mugabane w’u Burayi. Igice cya mbere cyatangiye ku […]

Read More