Adel Amrouche bidasubirwaho yagizwe umutoza w’Amvubi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Adel Amrouche ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi. Uyu mutoza ukomoka muri Algeria yahawe amasezerano y’imyaka ibiri, aho azaba yungirijwe na Eric Nshimiyimana. Nshimiyimana azaba afite inshingano zo gufasha Amrouche, ariko kandi akanakurikirana amakipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 na 23. Mu rwego rwo kunoza imyitozo y’amakipe […]

Read More

Ibyo gutinza umupira ku abanyezamu byarangiye: Gutindana umupira bizajya bihanishwa koruneri

Akanama Mpuzamahanga gashinzwe amategeko y’umupira w’amaguru (IFAB) kamaze kwemeza itegeko rishya rigamije gukemura ikibazo cyo gutinza umukino, cyane cyane ku banyezamu. Kuva mu mwaka w’imikino wa 2025/26, umunyezamu uzarenza amasegonda umunani afashe umupira azajya ahanishwa koruneri ku ikipe ye aho kuba coup franc nk’uko byari bisanzwe. Iri tegeko rishya ryemejwe n’akanama ka IFAB kateranye ku […]

Read More

Umufaransa Fabien Doubey yegukanye Tour du Rwanda 2025

Kuri icyi cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025, ni bwo umufaransa Fabien Doubey ukinira TotalEnergies yegukanye isiganwa mpuzamahanga ry’amagare, Tour du Rwanda 2025. Uyu musore yegukanye iri siganwa nyuma yo gukoresha amasaha 19, iminota 35 n’amasegonda 12, aba uwa mbere ku rutonde rusange nyuma y’icyumweru cyose basiganwa akaba abye n’umufaransa wambere  wegukanye iri rushanwa. Doubey […]

Read More

Umunya-Eritrea Nahom Araya Yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2025

Nahom Araya, ukinira ikipe y’igihugu ya Eritrea, ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2025, kavuye Nyanza kerekeza Kigali kuri Canal Olympia ku ntera ya kilometero 131.5. Isiganwa ryatangiye abakinnyi bagenda ibilometero bitatu bitabarwa, maze bageze ku kilometero cya 13, Shafik Mugalu ukinira Java-InovoTec yahise ashotora mugenzi we, asiga abandi agenda wenyine. […]

Read More

Umunya Algeria Adel Amrouche ashobora gutoza Amavubi

Uwahoze ari umutoza wa Kenya, Adel Amrouche, yamaze kumvikana n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na Minisiteri ya Siporo, aho agiye gutoza Amavubi. Amakuru aturuka mu buyobozi bwa FERWAFA avuga ko Amrouche, ukomoka muri Algeria ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, ari we watoranyijwe mu batoza batatu bari mu cyiciro cya nyuma cy’abashakaga gutoza ikipe y’igihugu […]

Read More

Perezida wa Rayon Sports yavuze kukuba Robertinho ashobora kwirukanwa

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ atazirukanwa kuko akomeje gutsinda, n’ubwo hari abavuga ko atabona uburyo bwo gukina neza. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 28 Gashyantare 2025, ubwo iyi kipe yasinyaga amasezerano mashya na sosiyete icuruza amashusho Canal+ yo kuba umufatanyabikorwayo mushya. Mu minsi ishize, hari […]

Read More