Umufaransa Joris Delbove niwe wegukanye agace ka kane Rubavu-Karongi

Ku munsi wa kane wa Tour du Rwanda 2025, abakinnyi bahagurutse i Rubavu berekeza i Karongi ku ntera y’ibilometero 95.1. Iri siganwa ryari ryitezwe cyane nyuma y’agace ka gatatu kavaga Musanze kerekeza i Rubavu kegukanywe n’Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira Israel Premier Tech. Urugendo Rwatangiye Rukaze Nk’uko byagenze mu minsi ishize, abakinnyi batangiye urugendo bagendera hamwe. […]

Read More

Primier League:Livapool munzira yerekeza ku igikombe,naho Arsenal yatangiye gukuramo akarenge

Liverpool ikomeje kwitwara neza muri Premier League, aho yatsinze Newcastle United ibitego 2-0, ikomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona. Naho Arsenal, yabuze amanota atatu, inganya na Nottingham Forest 0-0, ibi byatumye Livapool ikomeza amahirwe yiyoongera yokwegukana igikombe cya shampiyona y’umwaka. Ikipe ya Liverpool yakomeje umujyo wayo itsinda Newcastle United ibitego 2-0. Igice cya mbere cyarangiye Liverpool […]

Read More

Rayon Sport yananiwe kwikura imbere ya gorilla naho Police fc itsinda AS Kigali 2-1 muri Peace Cup 1/4

Mu mukino w’igikombe cy’Amahoro (Peace Cup) muri ¼, Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Gorilla FC, zinganya ibitego 2-2, mu gihe Police FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-1. Rayon Sports yakiriye uyu mukino, ari na ko iwutura rutahizamu wayo Fall Ngagne, uherutse kugira imvune izatuma amara amezi atandatu hanze y’ikibuga bivuze ko atazongera kugaragara mukibuga […]

Read More

Rwatubyaye Abdul yamaze gutandukana na Brera Strumica yo muri Macedonia  yakiniraga

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina yugarira, Rwatubyaye Abdul, wari umaze amezi atanu gusa akinira Brera Strumica muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Macedonia, yatandukanye n’iyi kipe kubwumvikane bw’impande zombi. Mu ntangiriro za Mutarama 2024, Rwatubyaye yari yatangaje ko agiye gutandukana na Rayon Sports FC, ikipe yakiniraga mu Rwanda, kugira ngo yerekeze muri Macedonia mu ikipe yahozemo ya […]

Read More

Umunya-Australia Brady Gilmore niwe wegukanye Agace ka Gatatu Tour du Rwanda 2025 Musanze-Rubavu

Kuri uyu wa Gatatu, Tour du Rwanda 2025 yakomeje ku munsi wayo wa kane hakinwa agace ka Gatatu kahagurutse i Musanze saa tanu zuzuye, gasorezwa i Rubavu ku ntera y’ibilometero 121  maze Umunya-Australia Brady Gilmore yongera kwisubiza Agace ka Gatatu Tour du Rwanda 2025 Musanze-Rubavu nyuma y’uko k’umunsi w’ejo yari yegukanye agace ka Kabiri kavaga Kigali […]

Read More

Lionel Messi Ashobora Gusubira muri FC Barcelona

Biteganyijwe ko amasezerano ya Lionel Messi muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azarangira muri uyu mwaka w’imikino wa 2025. Nubwo benshi bakekaga ko ashobora gusezera ruhago, uyu mukinnyi w’imyaka 37 aracyafite inzozi zo gukomeza gukina umupira w’amaguru. Messi, numwe mu bakinnyi beza babayeho mu mateka ya ruhagoabenshi ntibatinya kuvuga ko ariwe […]

Read More

Umunya-Australia Brady Gilmore niwe wegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2025 Kigali-Musanze

Kuruyu wa Kabiri, tariki ya 25 Gashyantare 2025, Tour du Rwanda yakomeje ku munsi wa kabiri hakinwa agace ka Kigali-Musanze, kari gafite intera ya kilometero 121. Uyu munsi wa kabiri waranzwe n’impinduka nyinshi, aho abakinnyi barushanyijwe gukomeza kuyobora isiganwa, ariko byarangiye Umunya-Australia Brady Gilmore yegukanye intsinzi atwara aka gace. Aka gace ka kabiri katangiriye i […]

Read More

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wimuwe wigizwa imbere

Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’u Rwanda (Rwanda Premier League) rwavuguruye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, rwigiza imbere umukino ukomeye mu Rwanda  uhuza amakipe akunda guhangana cyane ariyo APR FC na Rayon Sports. Bubusanzwe Uyu mukino wari uteganyijwe kuba tariki ya 10 Gicurasi 2025, ariko wimuriwe tariki ya 9 Werurwe 2025. Uyu mukino wari wari kuzakinwa  kumunsi […]

Read More

David Lappartient uyobora UCI yamaganye abatifuza ko Shampiyona y’Isi mu magare ibera mu Rwanda

Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient, yahamije ko Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 nta handi izabera uretse mu Rwanda, ashimangira ko nta mpamvu yatuma iyi mikino yimurwa ngo ijyanywe gukinirwa ahandi hatari mu Rwanda. U Rwanda rwahawe kuzakira shampiyona y’Isi yo gusiganwea ku amagare izaba muruyu mwaka mu mpeshyi , rikazaba muri Nzeri […]

Read More