Umufaransa Joris Delbove niwe wegukanye agace ka kane Rubavu-Karongi
Ku munsi wa kane wa Tour du Rwanda 2025, abakinnyi bahagurutse i Rubavu berekeza i Karongi ku ntera y’ibilometero 95.1. Iri siganwa ryari ryitezwe cyane nyuma y’agace ka gatatu kavaga Musanze kerekeza i Rubavu kegukanywe n’Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira Israel Premier Tech. Urugendo Rwatangiye Rukaze Nk’uko byagenze mu minsi ishize, abakinnyi batangiye urugendo bagendera hamwe. […]