APR FC yamamaze kumvika na Rutahizamu William Mel Togui ukomoka muri Côte d’Ivoire

APR FC igiye gusinyisha  Rutahizamu  mpuzamahanga William Mel Togui ukomoka muri Côte d’Ivoire wari usanzwe ukina mu ikipe Ankara Keçiörengücü ya yo mu cyiciro cya Kabiri muri Turkeya. Biteganyijwe ko uyu rutahizamu William Mel Togui agomba kuzashira umuko kumasezerano y’imyaka ibiri ubwoaza ageze I Kigali, ibyo kuba APR FC yaramaze kumvikana n’uyu rutahizamu igisigaye arukugera […]

Read More

FIFA Club World Cup: Chelsea yageze muri 1/2 aho izacakirana na Fluminense, PSG na Bayern Munch baraza gutana mu mitwe kuri uyu wa Gatandatu.

Mu ijoro ryakeye imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za America cyakomeza imikino igeze muri 1/4, aho ikipe ya Flomininse yo muri Brazil yageze mui 1/2 nyuma yo gutsinda Al Hilal yo muri Saudi Arbia ibitego 2-1, naho ikipe ya Chealse nayo yageze muri 1/2 nyuma yo gutsinda ikipe ya Palmeiras […]

Read More

Umunye-Ghana Thomas Partey akurikiranyweho ibyaha 5 birimo gufata abagore Batatu kungufu

Umunye-Ghana Thomas Partey umwe mubakinyu baba Ny’Africa bakomeye uzanzwe ukinanira ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza kurubungu akurikiranyweho icyaha gikomeye cyane birimo gufata ku ngufu abagore batatu no guhohotera ku mubiri undi mugore wa Kane. Uyu mukinyi uherutse kurangiza amasezerano ye muri Arsenal kuri ubungubu ufite imyaka 32 y’amavuko, arashinjwa ibyaha bigera kuri bitanu byo […]

Read More

Diogo Jota wari rutahizamu wa Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka

Nkuko ibitangazamukuru yo mu gihugu cya Portugal ndetse no muri Esipanye bibitanaga Diogo Jota wari rutahizamu wa Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka yari kumwe n’umuvandimwe bose bitabye Imana. N’inkuru y’akababaro kubakunzi b’ikipe ya Liverpool ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi hose aho rutahizamu wa Liverpool ndetse n’ikipe y’igihugu ya Portugal yitabye imana ku myaka […]

Read More

APR FC yatangiye imyitozo yagaragayemo abakinnyi bashya iherutse gusinnyisha(Amafoto)

K’umunsi w’Ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Nyakanga 2025 ku kibuga isanzwe ikoreraho imyitozo ishyorongi ari naho izuba sitade yayo nshya yitwa sitade ikirenga.APR FC yabaye ikipe ya kabiri nyuma ya Rayon Sport  yatangiye imyitozo yitegura umwaka utaha w’imikino 2025/2026. N’imyitozo yakoreshejwe n’umutoza mukuru Abderrahim Taleb ndetse yagaragayemo amabakinnyi bashya iheruka gusinyisha gusa sibose […]

Read More

FIFA Club World Cup: Amakipe yose azakina 1/4 yamaze kumenyekana nyuma y’uko Real Madrid na Borussia Dortumund nazo zikatishije itike

Mu ishoro ryakeye hasozwaga  1/8 imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za Ameca, amakipe ako ari umunani yaraye amenyekanye yageze muri 1/4, ikipe ya Real Madrid yasezere ikipe ya Juventus iyitsinze igitego 1-0, naho ikipe ya Borusia Dortumund isezera ikipe ya Monterrey ku bitego 2-1. Umukino wabaye kare n’uwatangiye ku isa […]

Read More

Rayon Sport yabimburiye andi makipe Gutangira imyitozo(Amafoto)

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Nyakanga ikipe ya Rayon Sport yatangiye imyitozo yitegura umwaka w’imikino 2025/2026, n’imyitozo yabereye aho ino kipe isanzwe ikorera imyitozo mu Nzove, n’imyitozo itagaragayemo abanyamahanga benshi kuko bataragera mu Rwanda. Umutooza Lotfi niwe watangije imyitozo aho yageze mu Nzove ari kumwe na N’umutoza wungirije Litfi Azouzi ndetse n’umukinyi w’unya-Tunisia […]

Read More

Bombori bombori muri Rayon Sport! ukutumvikana hagati y’ubuyobozi bwa Rayon Sport mu bijyanye no kugura abakinnyi byonjye gufata indi ntera

Umwuka ukomeje kuba mubi mu ikipe ya Ryon Sport bigaterwa n’uko ubuyobozi bw’iyikipe butari guhuza mu gufarta ibyemezo by’abakinnyi bagomba kwinjira muri iyi kipe muri iyi mpeshyi.  Hashize igihe gito gite muri Rayon Sport havuzwemo amakuru yo kudahuhuza hagati y’inzego ebyiri ziyobora ino kipe harimo urwego rukuru ruyobowe na Muvunnyi Poul rudahuza na komite nyobozi […]

Read More