Kiyovu sport yatsinze Etincelles,naho Police FC igabana amanota na Mukura Vs
Mu mikino y’umunsi wa 23 wa shampiyona y’u Rwanda wakinwe kuri icyi Cyumweru tariki ya 6 Mata 2025, ikipe ya Police FC yari yakiriye Mukura Victory Sports kuri Kigali Pelé…
Mu mikino y’umunsi wa 23 wa shampiyona y’u Rwanda wakinwe kuri icyi Cyumweru tariki ya 6 Mata 2025, ikipe ya Police FC yari yakiriye Mukura Victory Sports kuri Kigali Pelé…
Paris Saint-Germain (PSG) yongeye kwerekana ko ari ikipe ikomeye mu Bufaransa, nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere(League A) idatsinzwe n’umukino n’umwe kugeza ubungu ku munsi wa 28…
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere hano iwacu mu Rwanda yakomezaga ku munsi wa 23,ni imikino yose yatangiye hafatwa umunota wo kuzirikana ubuza bwa Alain Mukurarinda uwahoze ari umuvugizi wa guverinoma waryamiye…
Nyuma y’urugendo rurerure rw’imyaka 17 yambaye umwambaro wa Bayern München, Thomas Müller yatangaje ko azasezera ku ikipe y’ubuzima bwe nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/2025. Uyu mukinnyi w’Umunyadage w’imyaka 36…
Manchester City irateganya kubaka ikibumbano cya Kevin De Bruyne imbere y’ikibuga cyayo cya Etihad Stadium,ibi byatangajwe nyuma y’uko uyu mukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi atangaje ko agiye gutandukana na Manchester…
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, UEFA, yafatiye ibihano bamwe mu bakinnyi ba Real Madrid nyuma y’ibikorwa byagaragaye ubwo basezereraga Atlético Madrid muri ¼ cya UEFA Champions League bishimiye…
Umubiligi ufite inkomoko mu gihugu cy’Uburundi Kevin De Bruyne, umwe mu bakinnyi bakomeye cyane ba Manchester City mu myaka icumi ishize, yafashe umwanzuro wo kuva muri iyi kipe ku mpera…
Ikipe ya Real Madrid yitegura umukino ukomeye wa 1/2 cya UEFA Champions League izahuramo na Arsenal ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha, ariko kugeza kurubungu ifite ikibazo gikomeye cy’abanyezamu cy’abanyezamu bayo…
Ikipe ya APR Women Volleyball Club (WVC) yatangiye neza irushanwa Nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagore, itsinda Club Féminin de Carthage (CFC) yo muri Tunisia ku maseti…
Ikipe ya Arsenal yahuye nuruva gusanya yamaze gutangaza ko nyuma yo gutakaza myugariro w’Umunya-Brazil, Gabriel Magalhães, kubera imvune ikomeye cyane yagize ya hamstring ko atazongera kugaragara mu kibuga muri uyu…