FIFA Club World Cup: Chelsea yasezereye Benfica muri 1/8 izacakirana na Palmeiras yo muri Brazil muri 1/4

K’umunsi w’Ejo nibwo imikino 1/8 y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta Zunze ubumwe za America yatangira gukinywa, ikipe yabimburiye izindi zose n’ikipe ya Palmeiras yo muri Barazil yatsinzi ikipe ya Botafogo nayo yo muri Brazil igitego 1-0, naho ikipe ya Chelsea nayo n’ubwo byasabye iminota 30 y’inyongera aho imino 90 isanzwe yari yarangiye 1-1, […]

Read More

Umufaransa Paul Pogba wari umaze igihe yarahagaritswe mu mupira w’amaguru, yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa AS Monaco

Umufaransa Poul Pogba waciye mu makipe arimo Manchester United yasinye imyaka ibiri muri As Monaco nyuma y’igihe ari mu bihano bya FIFA kubera ikibazo cyo gukoresha imiti yongera imbaraga abakinnyi. Paul Pogba yari yahanwe na FIFA ahabwa imyaka ine atagera mu kibuga ariko nyuma icyo gihano kiza kugabanywamo amezi 18, uyu musore wamenyekanye cyane muri […]

Read More

Rayon Sport yasinyishije abakinyi bagera kuri batatu barimo na Myugariro warusanzwe ukinira Mukura Vs Rushema Chris

Nyuma y’uko ikipe ya Rayon Sport yakiriye abatoza bayo k’umunsi wejo ikanakira n’abakinnyi babiri barimo n’umuzamu ukomoka muri mali, kuri uyu wa Gatandatu amakuru aravuga ko yamaze gusinnyisha abandi bakinnyi 3. Abakinnyi yasinyishije harimo Myugariro Rushema Chris wakininiraga Mukura VS, ibiganiro hagati yuyu musore na Rayo Sport byari bimaze igihe ariko harajemo ikibazo cyo kutumviaka […]

Read More

APR FC izamurikira abakunzi bayo igishushanyo mbonera cya Sitade ikirenga izubakwa i shyorongi mu birori byo kwizihizaisabukuru y’ imyaka 32 iyi kipe imaze ishinzwe

Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi wo kwibohora, kuri iyi nshuro ibyo birori bizahurirana n’isabukuru y’imyaka 32 ikipe y’ingabo z’igihugu imaze ishinzwe, ibiroro byo kwizihiza ibyo birori byose bikazabera kumurindi mu karere ka Gicumbi. Ikipe ya APR FC iri mumbyiteguro ikomeye cyane haba kuruhande rw’Abayobozi ndetse no kuruhande rw’abafana mu birori […]

Read More

Kiyovu Sport ibibazo byatangiye kugabanuka, Gusa irasabwa kwishyura arenga miliyoni 157 Frw kugira ngo ikurirweho ibihano yafatiwe na FIFA burundu

Kiyovu Sport FC n’imwe mu makipe afite izina hano mu Rwanda ariko atajya atana n’ibibazo by’ubukungu byahato nahato, byatumye ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru ku Isi FIFA riyifatira ibihano by’uko itemerewe kwandikisha abakinnyi kugeza muri 2027. Ariko kuri ubungubu iyi kipe yatangiye kugenda igabanyaho ku bibazo yarifite yamaze gukemura ikibazo yarifitanye n’umukinnyi w’umurundi Blanchard Ngabonziza bituma igabanya […]

Read More

Rayon Sports yakiriye umutoza w’Umunya-Tunisia Azouz Lotfi aho aje kurangizanya nayo ngo ayibere umutoza w’ungirije

Kuri uyu wa Gatanu tariki 27 kanama 2025 Rayon Sports yakiriye umutoza w’Umunya-Tunisia Azouz Lotfi aho biteganyijwe ko aje kurangizanya na Rayon Sport azayibere umutoza w’ungirije. Ubwo Rayon Sport yakiraga uyu mutoza w’unya-tunisia yazanye n’umutoza mukuru Afhamia Lotfi aho bageze i kigali bavuye mu igihu cya Tunisia, umutoza Afhamia Lotfi yaramaze iminsi ari mu biruhuko […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Manchester City , Real Madrid zakatishije itike ya 1/8, uko amakipe yose azahura muri 1/8 byamaze kumenyekana

M’urukerera rwo kuri uyu wa Gatanu nibwo hakinywa imikino isoza amatsinda, byarangiye amakipe yose azakina 1/8, n’uko azagenda ahura byamaze kumenyekana kuva mu itsinda A kugeza mu itsinda H. Icya abantu benshi bari biteze n’uko byari gushoboka ko ikipe ya Real Madrid na Manchester City zahurira muri 1/8 kuko byashoboka, gusa siko byaje kugenda kuko […]

Read More

Cristiano Ronaldo yongereye amasezerano mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arbia azamugezamuri 2027

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yamaze kongera amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Al-Nassr, bivuze ko uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko azakinira ikipe ya Al-Nassr kugezeza muri 2027, ngo kandi nabwo ino kipe yamubwiye ko naba agifite akabaraga amahitamo araye azongera amasezerano kugeza igihe ashakira. Igihugu cya Soudi Arbia gifata Cristiano Ronaldo nk’imwe mu ntwaro ikomeye cyane […]

Read More

APR BBC yananiwe kongera kwikura imbere ya Patriots, naho REG BBC yakatishije itike y’umukino wa nyuma nyuma yogutsinda UGB BBC umukino wa 3

K’umunsi w’ejo imikino ya kamarampaka muri Basketball hakinywaga imikino ya Gatatu, REG BBC yakoze ibyo yasabwaga gukora yitwara neza itsinda UGB umukino wa gatatu yikurikiranya birangira ihise igera k’umukino wa nyuma, naho APR BCC yongera gutungurwa itsindwa na Patriots BCC amanita 65-59 ihita ibona itsinzi ya kabiri kuri imwe ya APR BBC. REG BBC yasabwaga […]

Read More

FIFA Club World Cup: Amakipe yose yarahagarariye Umugabane w’Africa yasezererwe nta n’imwe ibashije kugera muri 1/8

Igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za America aho kuri ubungu amakipe ari gukina imikino isoza amatsinda, mu ijoro ryakeye hamenyekannye andi makipe Ane agera muri 1/8, birangira nta kipe n’imwe yo k’umugabane wa Africa ibashije gukandagira muri 1/8 kirangiza. Mu itsinda E k’umunsi wejo barakinaga maze Inter Milanitsinda ikipe ya River […]

Read More