Yanga SC yegukanye igikombe cya shampiyona ya Tanzania ku nshuro ya Kane yikurikiranya nyuma yo Gutsinda Simba SC ibitego 2-0

Ikipe ya Yanga SC yatsinze Simba SC ibitego 2-0 m’umukino w’ikirane w’umunsi wa 23 wa shampiyona ya Tanzania utarabereye igihe, n’ibitego byatsinzwe na Pacome Zouzoua ku munota wa 66 na Clement Mzize ku munota wa 86 ihita yegukana igikombe cya shampiyona ya Tanzania ku nshuro ya kane yikurikiranya warumukino warutegerejwe n’abantu benshi cyane kuko usibye […]

Read More

Rayon Sport ibiganiro bigeze kure na Yanga African yo muri Tanzania ngo iyitize abakinnyi babiri

Mu igihe  APR FC imaze gusinnyisha abakinnyi 8 bose harimo na batatu yakuye muri Rayon Sport, abakunzi ba Rayon Sport bahoraga bibaza amaeherezo y’ikipe yabo kuko kuva isoko ry’Abakinnyi ryafungura iyi kipe yaguze umukinnyi umwe gusa nawo yakuye I Burundi witwa Prince Musoni ukina yugarira. Nyuma y’uko ino kipe usibye no kuba itaragaragara ku isoko […]

Read More

FIFA Club World Cup: Chealse yaraye yitwaye neza bituma ikwepa inzira irimo Bayen Munich

Imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe ikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’America aho mu ijoro ryakeye twaraye tumenye andi makipe yabashije kugera muri 1/8, ikipe ya Chelsea yakwebye ikipe ya Bayern          Munich inzira zayo zirushaho koroha cyane kugeza muri ½. Mu itsinda  C bakinaga aho ikipe ya Benifica yo muri Portugal yatsinze ikipe y Bayen […]

Read More

Abayozi ba Rayon Sport badushinjaga kwitsindisha! Omborenga Fitina yatangaje ko gusubira muri Rayon Sport bigoye cyane bitapfa gushoboka

K’umunsi wejo hashize ikipe ya APR FC yatangaje Omborenga Fitina nk’umukinnyi wayo mushya nyuma y’uko uno musore yamaze kugura amasezerano ye muri Rayon Sport y’umwaka umwe yarasigajemo agatanga miliyoni 30 Frw. Nyuma y’uko Omborenga Fitina atangajwe nk’umukinnyi wa APR FC yaganiriye na Televiziyo y’igihugu avuga ko ari ibintu byamushimije kuba yasubiye mu ikipe ya APR […]

Read More

Cyera kabaye Rayon Sport yakangutse nayo yatangiye kuvugwa k’isoko irifuza abakinnyi bakomeye Gusa, APR FC nayo ntirafa ku isoko ishaka Rutahizamu

Amakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka kugira ngo azatangire umwaka w’imikino utaha uzatangira tariki ya 15/8/2025 baragerageje kujyenda bagura abakinnyi beza bazabafasha guhangana, nyuma y’uko ikipe ya Rayon Sport imaze iminsi abakunzi bayo batayumva ku isoko ndetse havugwamo no kutumvika kw’abayobizi bamwe nabamwe kuri ubungu ishobora kuba yakangutse nayo yatangiye kurambagiza abakinnyi. Byumwihariko ikipe ya […]

Read More

Umukino uzahuza Simba SC na Yanga SC “Kariakoo Derby” wahawe abasifuzi mpuzamahanga bakomoka babanya-Misiri

Umwe mu mikino yavugishije abantu benshi hano muri Africa y’iburasirasuba by’umwihariko mu gihugu cya Tanzania n’umukino wagombaga Guhuza ikipe ya Yanga African na Simba,  n’imwe  muri Derby zikomeye hano muri Africa  y’iburasirazuaba kuko ihuza amakipe ahanagana cyane kugeza ubungu uwo mukino wamaze guhabwa abasifuzi mpuzamahanaga bakomoka mu igihugu cya  Misiri. N’umukino w’ikirarane  cya shampiyona cy’umunsi […]

Read More

FIFA Club WOrld Cup 2025: Amakipe ya mbere yamaze gukatisha itike ya 1/8, Inter Miami ya Lionel Messi izacakirana na PSG muri 1/8

Mu ijoro ryakeye hakomezaga imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’ Ameca, batangiye gukina imikino isoza amatsinda amakipe amwe yamaze kugera muri 1/8 naho andi yamaze gusezererwa. Mu itsinda B niho babimburiye andi makipe gukina imikino ya Gatatu mu itsinda, ikipe yabimburiye izindi zose kugera 1/8 n’ikipe ya PSG yasabwaga gitsinda […]

Read More

Raouf Dao wasinyiye ikipe ya AP FC K’umunsi w’ejo yaba yari yabanje gusinyira ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Kamena 2025, ni bwo APR FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo, itangaza ko yahaye yamaze  gusinnyisha Memel Raouf Dao imukuye muri Burkina Faso, akaba n’umukinyi w’ikipe ya Burkina Faso. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo yagize iti” APR FC inejejwe no kwakira Memel Raouf Dao mu muryango […]

Read More

FIFA CLUB WORLD CUP 2025: Xabi Alonso abonye intsinzi ya mbere nk’umutoza wa Real Madrid

Imbere y’abafana 70,248, Real Madrid yabonye ikarita y’umutuku hakiri kare k’umunota wa 7 yahawe Raul Asencio, irwana inkundura ihacana umucyo birangira itsinze ikipe ya Pachuca ibitego 3-1. Wari umukino wa kabiri kuri Alonso nyuma y’uko umukino ubanza yari yaranganije na Al Hilal, kuri uyu mutsi Real madrid yakinnye idafite Mbappe kubera uburwayi, yitwaye neza itsinda […]

Read More

APR FC ibinyujije kumbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko yasinyishije abakinnyi bagera kuri 5 kuri icyi cyumweru

APR FC kuri icyi cyumweru nibwo yasinyishije abakinnyi bagera kuri 5 bose yari yaramaze kumvikana nabo ariko bari batarashyira umukono ku amasezerano nayo ngo ibyemeze k’umugaragaro ko yamaze kubasinyisha. Ku ikubitiro yasinnyishije Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Kamena 2025, ni bwo APR FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo, itangaza ko yahaye yamaze  gusinnyisha […]

Read More