Kuri uyu wa gatandatu guhera ku isaha ya 18:00pm ikipe y’igihugu ya Nigeria irakira Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026
ikipe y’igihugu Amavubi ihereye mu mujyi wa Uyo mu gihugu cya Nigeria aho kuri uyu wa gatandatu biteganyijwe ko baraza gukina n’ikipe y’Igihugu ya Nigeri mu mukino w’umunsi wa Karindi…
