Premier League yamaze gushyira hanze Imikino izafungura shampiyona 2025/2025, Manchester United izatangira yakira Arsenal

Shampiyon y’igihugu y’ubwongereza umwaka 2025/2025 izatangira tariki ya 15 kanama 2025 azba ari ku wa Gatanu guhera ku isaha ya 20:00pm ubwo ikipe ya Liverpool yatwaye shampiyona y’umwaka ushize izaba yakiye ikipe ya Bournemouth. Nkuko Primier League yashyize ahagaragara igihe shampiyona ya 2025/2026 igomba gutangira tariki ya 15/8/2025 n’ukuva ko ibura ukwezi kumwe n’iminsi 27 […]

Read More

FIFA Club World Cup: Mamelodi Sundowns FC niyo kipe ya mbere ihagarariye Africa Imaze kubona insinzi, Amakipe arimo Real Madrid na Manchester city ziramanuka mu ikibuga

Imikino y’Amakipe FIFA Club World Cup iri kubera muri Leta zunze ubumwe z’America  yakomezaga mu ijoro ryakeye aho hagiye haba imikino igiye itandukanye, n’ubwo abafana bakomeje kuba ikibazo imikino irimo kuba amasitade yambaye ubusa. Imwe mu amakipe ahagarariye umugabane w’Africa Nyuma yo gutsindwa kwa Esperance no kunganya kwa Al Ahly,  yitwaraga neza, ikipe ya Mamelodi […]

Read More

APR FC yatangaje ko Umunya Marocco Abderrahim Talib ari we mutoza wayo mukuru mushya mu mu myaka ibiri iri imbere ishobora kongerwa

APR FC yamaze gutangaza ko Umunya #Maroc Abderrahim Talib ari we mutoza wayo mukuru, mu myaka ibiri iri imbere ishobora kongerwa. Uyu mutoza w’imyaka 61 yatangiye gutoza mu 2007 aho amaze guca mu makipe 13 yose yo muri Maroc. Ibinyuje k’umbuga nkoranyambaga zayo iyi kipe y’ingabo z’igihugu yasoho amafoto Umunya #Maroc Abderrahim Talib ari we […]

Read More

FIFA Club World Cup: Abafana bakomeje kuba ingorabahizi imikino irigukinywa Amasitade yambaye ubusa.

Irushanywa ry’igikombe cy’Isi cy’Amakipe (FIFA Club World Cup), cyimaze iminsi itatu gitangiye kugeza kuri ubungu kiri kubera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, ibyuko abafana bitabira ino mikino ikomeye biracyakomeje kuba ingorabahizi nkuko byari byitezwe  ubwo byatangira k’umukino wa mbere wahuje ikipe ya Inter Miami ikinamo Lionel Messi na Al Ahly umukino warebwe n’abafana ibihumbi 65. […]

Read More

APR FC na Rayon Sports zizakina umukino w’igikombe cyiruta ibindi mu Rwanda (FERWAFA Super Cup ) tariki 02/08/2025

nkuko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano m’u Rwanda umukino uzahuza Ikipe ya APR FC na Rayon Sport uzaba tariki ya 02/08/2025 ubere kuri sitade Amahoro i Remera. Ikipe ya APR FC umwaka ushize w’imikino niyo yegukanye igikombe cya shampiyona ndetse n’icy’Amahoro byose yabyegukanye ihigitse mucyeba wayo Rayon Sport dore ko yayitsinze k’umukino wanyuma w’igikombe cy’Amahoro […]

Read More

Umunya-Maroc, Abderrahim Talib w’imyaka 61 niwe ushobora kuba umutoza mushya wa APR FC

Amakuru dukesha Umunyamakuru Bruno Taifa uba hafi cyane ya APR FC, yatangaje ko Umunya-Maroc, Abderrahim Talib, w’imyaka 61 y’amavuko, ari we Mutoza mushya wa APR FC. gusa ibingi ntago ikpe ya APR FC irabyemeza ko yamaze kumvikana n’uyu mutoza, dore ko muri ino kipe hagiye havugwamo abatoza benshi bagiye batandukanye ariko bikarangiye batayerekejemo Chairman wa […]

Read More

APR FC igiye guhindura ibirango byayo

Apr fc igiye guhindura ibirango byayo byayirangaga harimo na Logo maze umwaka w’imikino utaha bazabe bazawutangirana Logo nshyashya. yaba Logo yarisanzweho cyangwa inshaya urabona imeze neza ariyihe. Muri APR kandi haravugwamo indi nkuru y’uko umikinyi mpuzamahanga Omborenga Fitina akaba n’umukinyi w’ikipe y’igihugu amavubi yamaze kumvikana na REayon Sport ko agomba kuyiha miliyoni 30FRW ubundi bagasesa […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: PSG yanygiraga Atletico Madrid , menya ibyaranze imikino yose yabaye muri iri joro ryakeye

Ikipe ya Bayern Munich yihanije bikomeye cyane ikipe ya Auckland City FC yo muri  New Zealand iyinyagira ibitego bigera 8-0 mu mikino y’igikombe cy’Isi cyama Clubs(FIFA Club World Cup), Bayern Munich itangira yeguka Miliyon 2$ kubera ko ikipe yose gutsinda umukino igomba guhita yinjiza miliyoni 2$. nyuma yaho hari hategerejwe umukino karundura wo mu itsinda […]

Read More

FIFA Club World Cup 2025: Ikipe ya Bayern Munich yihanije ikipe ya Auckland City FC iyinyagira ibigo 10-0

Ikipe ya Bayern Munich yihanije bikomeye cyane ikipe ya Auckland City FC yo muri  New Zealand iyinyagira ibitego bigera 10-0 mu mikino y’igikombe cy’Isi cyama Clubs(FIFA Club World Cup), Bayern Munich itangira yeguka Miliyon 2$ kubera ko ikipe yose gutsinda umukino igomba guhita yinjiza miliyoni 2$. N’umukino wari uwa kabiri nyua y’uwahuje Inter Miami na […]

Read More