Umuhanzi Bruce Melodie Ahataniye igihembo mu cyiciro kimwe n’abahanzi barimo Diamond platnumz, Burna boy, Wizkid, Davido N’abandi bakomeye.

Ni mu bihembo bya Africa Golden award, aho muri uyu mwaka mu byiciro byashyizweho abatandukanye bazahatanira harimo ikiciro cy’umuhanzi mwiza w’umwaka mu bagabo Ari naho Bruce Melodie ari ndetse n”abahanzi bo muri Nigeria na Tanzania bimwe mu bihugu bizwi cyane mu kugira umuziki mwiza.
Abahanzi Bose bari mu cyiciro Bruce Melodie arimo Ni:
Black Sherif wo muri Ghana
Asake wo muri Nigeria
Cassper Nyovest wo muri afurika y’epfo
Sharmaboy wo muri Somalia
Bruce Melodie wo mu Rwanda
Bien wo muri Kenya
Dayax Dalnuurshe wo muri Somalia
Fally ipupa wo muri DR CONGO
Davido wo muri Nigeria
Tyler Icu wo muri afurika y’epfo
Wizkid wo muri Nigeria
Soolking wo muri Algeria
Burna boy wo muri Nigeria
Diamond platnumz wo muri Tanzania
Wegz wo muri Egypt
Shatta wale wo muri Ghana
Focalistic wo muri afurika y’epfo
Shallipopi wo muri Nigeria
Ibindi byiciro birimo bihatanyemo abanyarwanda Ni mu cyiciro cy’abanyarwenya aho harimo Umunyarwenya Japhet mazimpaka.

