Bruce Melody avuze ko yabanje gusuzugura Coach Gael mbere yo gusinyana amasezerano yo gukorana.

Umuhanzi Bruce Melody

Bruce Melody ari mu gihe cye kiza, kubera ko ari gusohora album yise “colorful” nibwo muri kino gihe cyiwe yazegurukaga kubitangaza makuru bigiye bitandukanye, ari kuKinyamakuru bita B&B kigali, umunyamakuru yamubajije urugendo rwe na coach Gael nuko bahuye.

Nkuko bisanzwe Bruce Melody akunda urwenya ako kanya yahise atangaza ko yari yanze kubyemera ko coach Gael afite amafaranga menshi. Uwari wamuhuje yari “Producer Meddy bit” usanze uzwi cyane mu gukora ndetse no gutunganya umuziki.

Coach Gael yabwiye Bruce Melody ko yamuha itike imuza aho yarari mu “Zanziballe” Bruce Melody yanga itike amubwirako yitegera, Bruce Yatangaje ko yahise asohokana umuryango atari yiteze ibya Coach Gael.

Bruce Melody ntiyarazi Coach Gael, bagihura yanze kubyemera ko ariwe boss, Nuko baravugana ariko yabanje ku musuzugura,, nibwo Bruce Melody yamubwiye ko afitanye gahunda n’umuhanzi wo muri Tanzania witwa “Hormonize” nibwo Coach Gael yahise yemera ko bajyana aho agiye gukorera.

Tanzania Muriryo joro Bruce Melody na Harmonize baraye batunganyije indirimbo 3, Coach Gael abibonye aratungurwa cyane, nuko yabonye ko Bruce Melody ari umukozi ukomeye cyane.

Nibwo Bahise bazana Mu Rwanda basinya amasezerano maze barakorana kugeza na nubu, ubu inzu itunganya umuziki ya Coach Gael yitwa 1:55 AM ifite abahanzi ifasha beshi cyane, Babarizwa mu igihugu cyacu ndetse no hanze.

Coach Gael

Bruce Melody

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends