Umuhanzi umaze kumenyekama mu gihe gito bitewe nuko ya ririmbye mu gitaramo cya The Ben ari cyo yise “Groove the new year” nibwo umuhanzi Yampano yajyerwagaho kujya kuririmba, nibwo yasanze indirimbo ze bazizi cyane, abantu beshi bamuvugaho ndetse n’abanyamakuru batandukanye.
Yampano ubwo yamaze kuva kurubyiniro, muricyo cyumweru niho yahise ajya kuri TvRwanda mukiganiro yagiranye na lUCKY Nizeyimana nibwo bamubazaga ko azi Bruce Melody avuga ko atamuzi, biba urujijo rukomeye cyane Mubanyamakuru bibaza ni gute atazi umuhanzi ukomeye nkuriya.
Yampano yakomeje avuga ko imiziki ye ayizi ahubwo atamuzi imbone nkubone, abwira abantu bose ko ntakibazo cyirimo, kuba yavugako atazi Bruce Melody.
Bruce Melody Yarinze kugira icyo abivugaho mbere yo gusohora album ye. Bruce Melody ubwo yararimo yamamaza album, nibwo yavuze kuri Yampano. Avugako ntakibazo kirimo kandi singombwa ko abantu bose ngo babe bamuzi. Akomeza avuga ngo Yampano n’umuhanga kandi arabizi cyane.
