Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imyidagaduro > Bruce Melody yavuze ku gitaramo cya The Ben

Bruce Melody yavuze ku gitaramo cya The Ben

The Ben ni umuhanzi w’ umunyarwanda hasize iminsi 5 atangaje ko afite igitaramo ku 1/01/2025. Yatangaje abahanzi bose bakoranye indirimbo bazaza mugitaramo cye ndetse nabanyamahanga harimo Diamond wo muri Tanzania nabandi.

The Ben uzwi ku indirimbo nyishi itandukanye harimo “why” yakoranye na Diamond ndetse nizindi yateguye igitaramo kizabera muri ARENA, ikigitaramo uzwi nka the ben”Tigger b” yakise ” the new year groove” yasobanuye ko ashaka gushimisha abafana be mugutangira igitaramo cye, kandi ko abafitiye nindi ndirimbo shyashya. kandi akomeza avuga ko ashimira abantu bose bamufasha kumenyekanisha igitaramo.

Bruce Melody ikiganiro yagiranye na Irene binyuze kuruga rwa MIE EMPIRE yatangaje ko ntakibazo cyirimo kujya mugitaramo cya The Ben, kandi ko amahirwe meshi azabonekamo ndetse cyane. aho abantu barimaze iminsi babahanganisha kubera ikibazo cyigeze kubaho ko The ben yigeze gusuzugura Melody bagiye gukorana indirimbo, aho Melody baribagiye gukora indirimbo muri “studio” naho The Ben akajya gukina umukino uzwi nka “playstion”, byari byabaye ikibazo mu bafana. Melody yatangaje ko ntakibazo kandi ko bishoboka cyane kujya mu gitaramo cya The Ben.

Melody Igitangaza

The Ben Tigger B

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *