Byiringiriro Lague
Byiringiro Lague umukinnyi wanditse amateka mu Rwanda yanze gusinya amasezerano ni kipe ya Reyol Sports. Byiringiro Lague watandukanye n’ikipe ya Sandviken IF yo muri Suwede, yageze kigali abonye uburyo ubuyobozi bwa rayal sport bushaka kumusinyisha abona atabishobora ahita asinyira ikipe ya Police FC, asinya amasezerano azamara umwaka n’igice.
Amakuru yizewe ya tjptrends igaraza ko umukinyi ukomeye Byiringiro Lague yageze i kigali ku wambere taliki 6/1/2025. Yahise agirana ibiganiro na bayobozi ba reyal sports,doreko bamwakiriye kukibuga kindege. Ariko ibyo byose byarangiye umukinnyi Byiringiro Lague abateye umugongo yanga kuba sinyira amasezerano ahubwo ahita ajya guhura na bayobozi bikipe ya Police FC yemera amasezerano azamara umwaka n’igice
Tjptrends ku makuru yabashije gutara, impamvu Rayal Sport yamuhaga amafaranga macye cyane yamuhaga million 18 frw, ndetse ikamuha numushahara wa million 1 frw burikwezi, kandi bakamusinyisha amasezerano azamara umwaka n’igice. Nibwo Police Fc yamenye amakuru imuha million 45frw, birangira Byiringiro Lague agiye mu ikipe ya Police Fc. Nubwo bivugwa ko ikipe ya Rayol Sport ariyo yamuhaye itike yi ndege.