Isyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu igihugu cya Brazil(CBF) ryamaze gutangaza ko Carclo Anceloti yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Brazil ku masezerano y’umwaka umwe aho inshingano nyamukuru arukujya ikipe y’igihugu ya Brazil mu gikombe cy’isi cya 2026 cyizabera muri Ameka (USA), Canada na Mexico.
Biteganyijwe ko Ancelotti uri kugana k’umusozo we muri Real Madrid kuko yamaze no gusezera azakorerwa ibirori byo kumusezeraho nk’umutoza w’umunyabigwi wabagejeje kuri byinshi mu rwego rwo kumuha icyubahiro akwiriye bigomaba gutangira gutegurwa muri icyi cy’umweru kuko biteganyijwe ko azatangira imirimo ye mu ikipe y’igihugu ya Brazil guhera tariki ya 26 Gicurasi 2025 aho yamaze kubwirwa ko icyintu cya mbere bamusaba ari ukwegukana igikombe cy’Isi cya 2026.
CBF ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brazil ryahaye ikize muze Anceti rimwizeza kuzamuha byose akeney ariko akaba yabasha kwegukana igikombe cy’Isi cya 2026 arikumwe n’abasore na Raphihna ukomeje kwitwara neza,Rodrigo,Vinicius,Endric,ndtse n’anbandi benshi cyane.
Carlo Anceloto n’umugabo w’imyaka 55 kuko yavutse tariki ya 10 Kamena 1959 avukira mugihugu cy’ubutaliyane n’umugabo ufite amateka akomeye kuko yatwaye UEFA Champion League inshuro 5 zose,mu nshuro eshestatu yageze k’umukino wanyuma bivuze ko yatsinzwe final imwe gusa, niwe mutoza wabashije kwegukana igikombe cya shampiyona muri buri guhugu nukuvuga mu ibihugu 5 bitandukane yagiye yegukana igikombe cya shampiyona ndtes yabashije no kweguka igikombe cy’Isi cyama- Club inshuro eshatu.
Akaba yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe gusa mu ikipe y’igihugu ya Brazil n’ugutegereza niba inshingano yahawe zo gutwara igikombe cy’Isi cya 2026 azazigeraho nyamara aje gutoza ino kipe imaze iminsi mu bihe bitari byiza cyane doreko isigaye itsindwa umusubirizo nikureba ko yakongera kugarura isheama Brazil yahoranye m’umupira w’amaguru.

Carclo Anceloti yamaze kugirwa umuroza w’ikipe y’Igihugu ya Brazil k’amasezerano y’umwaka umwe.

Carclo Anceloti yahawe inshinga zo kweguka igikombe cy’Isi cya 2026