U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kane, mu bihugu bifite
U Rwanda rwongeye gushyirwa mu myanya ya mbere mu bihugu bifite abagabo bafite uburanga muri afurika. ku nshuro ya kabiriBruce Melodie yatumiye abakunzi mu gitaramo cyo kuganura album ye
Umuhanzi Bruce Melodie yateguye igitaramo cyihariye cyo kuganura album ye nshya yise “Colorful Generation”, aho abazitabira bose basabwe kuzaza bambayeAyra Starr akomeza kuba intangarugero mu guhuza umuziki n’imideli.
Ayra Starr ni umwe mu bahanzi bakiri bato, ariko ufite izina rikomeye mu muziki no mu myambarire ku isi. NubwoUruhare rwa “Matheo studio” mu ruganda rw’imideri hano mu Rwanda
Maurice Matheo ni umunyamideri w’Umunyarwanda ufite izina rikomeye mu ruganda rw’imideli. Yatangiye urugendo rwe nk’umushushanyi w’imyenda afite intego yo gushyiraLondon Fashion Week izatangiza umwanzuro wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe
London Fashion Week izatangiza umwanzuro ukomeye wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu rw’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025.Franco Kabano umunyamideli wabigize umwuga
Franco Kabano ni umwe mu banyamideri b’ibyamamare mu Rwanda, akaba yaragize uruhare runini mu guteza imbere urwego rw’imideli mu gihugu.INFARANSA Collection imurika mideri ryasize Moses Turahirwa ku rwego rushimishije.
Moses Turahirwa ni umwe mu bahanzi b’imideli bamamaye mu Rwanda, akaba ari we washinze Moshions, ikirango gikora imyenda ifite umwiharikoAmarira meshi n’agahinda kenshi mu gusezera kuri Nyirandama Chantal waguye
Kuruyu wa gatatu taliki ya 27/11/2024 mu Karere ka Gicumbi habaye umuhango wo gusezera Nyirandama Chantal. Uheruka gukora impanuka ariAbahinzi bahinga icyayi ahazwi nk’ Ikibeho barifuza gufashwa no kugera
Abahinga icyayi mukarere ka Nyaruguru bishimira cyane ko guhinga icyayi bibaha amafaranga, kandi ko ntacyo reta itabafasha kubijyanye no guhinga- 1
- 2