Travis Scott Agiye gutera ikirenge mu cya Chris brown
Travis Scott umwe mu baraperi bakomeye muri let’s zunze ubumwe za Amerika yemeje gutera ikirenge mu cya mugenzi we Chris Brown. Nyuma yaho umuhanzi ukunzwe na benshi muri amerika, Chris…
Travis Scott umwe mu baraperi bakomeye muri let’s zunze ubumwe za Amerika yemeje gutera ikirenge mu cya mugenzi we Chris Brown. Nyuma yaho umuhanzi ukunzwe na benshi muri amerika, Chris…
Umuraperi Kendrick Lamar na Playboi Carti bifatiye Urubuga rwa Billboard muri uku kwezi banikira abandi bahanzi ku isi. Kendrick Lamar umaze kuba ikirangirire munjyana ya Rap akomeje kubaka ibigwi ku…
Mugisha Fred Robinson umaze kubaka izina mu muziki nka Element yashyize hanze indirimbo ye nshya yari amaze iminsi ateguje abakunzi be itarimo ibirango bya 1:55AM abarizwamo. Kuri uyu wa Mbere…
Abahanzi b’abanya afurika aribo Diamond platnumz na Davido bakoreye arenga Miliyoni magana arindwi mu ijoro rimwe. Umuhanzi Diamond platnumz we na mugenzi we bahuriye mu mwuga wo kuririmba byabagize ibirangirire…
Umuhanzi The Ben na Uwicyeza Pamela bagaragaje Amazina y’umwana wabo w’imfura baherutse kwibaruka. Mu ijoro ryo kuwa 18 werurwe 2025, Umuryango wa Mugisha Benjamin uzwi nka The ben na Pamela…
Ikinyoma gikomeje Gutizwa umurindi: ngizi Prank zakozwe mu myidagaduro yo mu Rwanda bigatitiza imbuga nkoranyambaga. Muri iyi minsi mu myidagaduro Hari kugaragara ibinyoma kubakora imyidagaduro, aho bisigaye byarabaye iturufu yo…
Umukinnyi Kimenyi Yves Yateye imitoma Umugore we wagize isabukuru y’amavuko kuwa Gatatu. Kuri uyu wa Gatanu mu ijoro ryakeye, niho Umugore w’umukinnyi W’umupira w’amaguru Kimenyi Yves yagize isabukuru y’amavuko ubwo…
America ikomeje kuyobora isi mu muziki, Ese Ni iki abanyamerika barusha umuziki w’ibindi bihugu bituma bafata ku gakanu abandi bahanzi. Reka tugaruke kuri bimwe mu bimenyetso biri kugaragaza itumbagira ry’urwego…
Umuhanzikazi Taylor Swift yongeye kwigaragaza yereka abandi bahanzikazi ku isi ko Ari ku rundi rwego. Taylor Swift yageze akomeje kwanikira abakobwa n’abagore bagenzi be mu muziki nyuma y’uko agizwe uwa…
Killaman yatangaje icyamuteye ubukene bwo kurwego bivuzwe no ku mbuga nkoranyambaga. Umuhanga mu gukina filime akabifatanya no kubishoramo amafaranga Niyonshuti yanick wamamaye muri Cinema nka Killaman yeruye avuga icyamuteye igihombo…