Umuhanzi Bahati yahaye Umugore we imodoka ya Brabus
Umuhanzi Bahati wo muri Kenya Yakoze agashya aha Umugore we Marua Diana impano y’imodoka ifite agaciro kanini yo mu bwoko bwa barbus iri mu zigezweho muri iyi minsi. Byari ibyishimo…
Umuhanzi Bahati wo muri Kenya Yakoze agashya aha Umugore we Marua Diana impano y’imodoka ifite agaciro kanini yo mu bwoko bwa barbus iri mu zigezweho muri iyi minsi. Byari ibyishimo…
Umuraperi Kendrick Lamar yongeye Kugwa mu ntege Michael Jackson kuri Billboardhot100 kubwo kugira Indirimbo 4 zigiye zigeze ku mwanya wa Billboardhot100 mu gihe gito zikurikiranya. Kendrick Lamar yabigezeho kubera Indirimbo…
Abaramyi bamaze kwamamara mu Rwanda barimo Emmy Vox n’itsinda rya Agasaro Tracy na Rene bazahurira ku urubyiniro rumwe mu itangizwa rya Kigali Gospel Night igiye kujya iba buri wa Gatanu…
Abahanzi Bazwi mu muziki nyarwanda,Mico the Best na Niyo Bosco Bongewe mu bandi bazatarama mu birori bya Tour du Rwanda2025 mu bice bitandukanye By’Igihugu. Niyo Bosco na Mico the Best…
Umuhanzi w’Umunyamerika John Legend yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho yunamiye inzirakarengane zishyinguye muri uru rwibutso. Yashyize indabo ku mva rusange iruhukiyemo imibiri y’abasaga…
Nyuma y’imyaka ibiri, Mu Rwanda hagiye kongera gutangwa ibihembo bya Video Vixen Awards Byagarukanye udushya. Ibihembo bya Video Vixen Awards bitegurwa na kompanyi ya Chufa bigiye kongera gutangwa bihatanyemo abarimo…
Abahanzi barimo butera knowless na Yampano bari mu bigaragaje muri iki cyumweru mu muziki w’u Rwanda babicishije mu inganzo. Ngizi indirimbo zagufasha gusoza neza icyumweru no gutangira ikindi neza. Umuhanzikazi…
Yampano, Bushali Bushido na Senderi international Hit bongerewe ku rutonde rw’abahanzi bagiye gususurutsa abakurikira irushanwa mpuzamahanga rya tour du Rwanda 2025. Abahanzi barimo yampano na Bushali kimwe na Senderi Hit…
Umuhanzikazi Bwiza Ari mu mashimwe nyuma yo gusoza kwandika igitabo, ibintu yari amaze igihe akurikirana I ruhande rw’umuziki. Bwiza Ari kugana ku musozo w’amasomo ye mu cyiciro cya Kabiri cya…
Umuhanzikazi mpuzamahanga John legend yaraye akoreye igitaramo cy’amateka mu Rwanda, igitaramo cyabereye muri Bk arena. Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, tariki 21 Gashyantare I Kigali haraye habereye igitaramo mbaturamugabo cyari…