Umuramyi Hope yashyize hanze indirimbo Nshya
Umuramyi Hope yongeye gukora mu nganzo akora indirimbo nshya nyuma y’amezi make ashyize hanze indi ndirimbo ye yari yise my love yakiriwe neza n’abakunzi be n’umuziki wo kuramya no guhimbaza…
Umuramyi Hope yongeye gukora mu nganzo akora indirimbo nshya nyuma y’amezi make ashyize hanze indi ndirimbo ye yari yise my love yakiriwe neza n’abakunzi be n’umuziki wo kuramya no guhimbaza…
Umuhanzikazi Ayra starr wo muri Nigeria yiyunze ku bahanzi bakomeye bo muri Nigeria Kubwo kugera ku bigwi bahuriyeho bakoreye ku rubuga rwa Spotify basanzwe bacishaho bakanacururizaho ibihangano byabo. Ni ibigwi…
Umunya Botswana wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka William last KRM mu mwuga wo gusetsa ayoboye Urutonde rw’abanya afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa TikTok mu mwaka wa 2025 aho akubita…
Abahanzi bo muri Nigeria aribo Wizkid,Fola na Dj tunez bari mu byishimo byinshi nyuma y’uko Indirimbo yabo ikoze ibigwi ku rubuga rwa Apple music muri iki gihugu cya Nigeria mugihe…
Umuhanzikazi Katy Perry wo muri leta zunze ubumwe za amerika Agiye gukora ibitaramo bizenguruka imigi myinshi yo ku isi harimo iyo mu migabane myinshi yiganjemo iyo muri iki gihugu cya…
Umuhanzi mpuzamahanga Davido wo muri Nigeria Ari mu byamamare bifite konti zikurikirwa cyane muri afurika ku rubuga rwa X yahoze Ari Twitter mu bantu Bose hatagenderewe ku ingeri imwe. Ni…
Umuhanzi Marioo wo muri Tanzania yongeye kwigaranzura Mugenzi we Mbosso wari umaze iminsi amuri imbere ku mbuga bacururizaho umuziki zirimo Audiomack. Uyu mugabo uzamuye urwego rwe mugihe kitari kinini gishize…
Umuhanzi mushya mu muziki wa Nigeria umaze kwamamara nka Chella akomeje Kubaka ibigwi ku isi cyane muri afurika kubera Indirimbo ye yitwa My darling itaramara n’umwaka igeze hanze. Iyi ndirimbo…
Umuhanzi ugezweho mu muziki wo mu gihugu cya Nigeria ku mazina ya Fola akomeje kwerekwa igihandure abandi bahanzi bo muri iki gihugu kubera iyitwa you amaze iminsi mike ashyize hanze.…
Abakunzi b’abahanzi nyarwanda Batangiye icyumweru cya nyuma cy’ukwezi kwa munani bari mu byishimo nyuma yo gushyirwa hanze kw’ibihangano bishya bya bamwe mu bari bamaze iminsi babiteguje. Muri iyi minsi biragoye…