Ckay yiyongereye mu bahanzi b’abanyabigwi kuri Spotify
Chukwuka Ekweani umaze kwamamara mu muziki wa afurika cyane mu gihugu cya Nigeria nka Ckay yinjiye mu cyiciro cy’abahanzi bo muri iki gihugu cya Nigeria bubatse ibigwi ku rubuga rwa…
Chukwuka Ekweani umaze kwamamara mu muziki wa afurika cyane mu gihugu cya Nigeria nka Ckay yinjiye mu cyiciro cy’abahanzi bo muri iki gihugu cya Nigeria bubatse ibigwi ku rubuga rwa…
Umuhanzi itahiwacu Bruce umaze kumenyekana mu muziki nka Bruce Melodie akomeje Kubaka ubwamamare n’ibigwi mu muziki Nyarwanda ku rubuga rwa YouTube ruri mu zireberwaho imiziki y’abahanzi batandukanye. Uyu muhanzi wazamutse…
Abahanzi bakomeye ku isi barimo Kendrick Lamar na The weekend bahataniye igihembo mu bihembo bizatangwa muri MTV by’umwaka wa 2025 bitangwa buri mwaka aho kuri iyi nshuro aba bahanzi bamaze…
Umuhanzi Burnaboy wo muri Nigeria yabaye umuhanzi wa mbere muri afurika mu bafite agahigo ko kugera ku mwanya wa Mbere ku rutonde rw’abahanzi bakunzwe mu injyana ya afrobeat mu gihugu…
Umunyarwenya Regis umaze kwamamara muri Cinema Nyarwanda Ari mu byishimo bikomeye cyane nyuma yo kwerekwa urukundo rukomeye n’abakunzi be kuri Shene ye ya YouTube acishaho ibikorwa bye bye buri munsi.…
Mu gihe ukwezi kwa Nyakanga kwarangiye, abakunzi b’umuziki nyarwanda bari kubyina Indirimbo Nshya z’abahanzi bakunda bagiye bashyira hanze ziri gufasha abakunzi gutangira ukwezi gushya kwa Kanama neza. Zimwe mu ndirimbo…
Abakunzi bakaba b’abafana b’umuhanzi Marioo wo muri Tanzania bari kwishima bikomeye nyuma y’uko uyu muhanzi ageze ku bikomeye muri Ibi bihe by’impeshyi ya 2025. Marioo ubusanzwe ni Umuhanzi uri mu…
MUGISHA Fred Robinson umaze kwamamara mu muziki Nyarwanda ku mazina ya Element Ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kugaragarizwa urukundo n’abakunzi be kuri Shene ye ya YouTube. Ku mugoroba wo…
Kugeza ubu Umuhanzi Wizkid yamaze kwiyongera ku rutonde rw’abahanzi bo muri afurika bamaze kugira Miliyari y’abumvise ibihangano byabo bakoresheje urubuga rwa Spotify. Ubusanzwe aka gahigo kari gafitwe na Burnaboy bisigaye…
Umuhanzi BNXN wo muri Nigeria umaze kumenyekana mu muziki wo muri afurika yateguje ibitaramo bizagera muri Amerika bizamutwara iminsi myinshi kubera ubwinshi bw’imijyi azakoreramo ibi bitaramo. BNXN yamenyekanye cyane kubera…