Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Politike
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo, Ebrahim Rasool, zimushinja kugirira urwango Amerika ndetse na Perezida wayo,
Umushoramari ukomeye muri Tesla avuga ko yizeye ko uruhare rwa Musk muri guverinoma ruzaba urw’igihe gito.

Umushoramari ukomeye muri Tesla avuga ko yizeye ko uruhare rwa

Christopher Tsai, umuyobozi wa Tsai Capital, ni umushoramari ukomeye muri Tesla ya Elon Musk, akaba yarahoze ari inshuti y’akadasohoka y’umuhungu
Brig Gen Stanislas Gashugi Yagizwe Umuyobozi wa SOF

Brig Gen Stanislas Gashugi Yagizwe Umuyobozi wa SOF

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brigadier General,
Putin yashimiye Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano wa Amerika na Russia utere imbere.

Putin yashimiye Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano

Vladimir Putin yashimiye Donald Trump kuba “akora ibishoboka byose” kugira ngo umubano hagati ya Moscow na Washington utere imbere, nyuma
Inama ya SADC yateranye bemeranya ko bagiye kuvana Ingabo muri DRC

Inama ya SADC yateranye bemeranya ko bagiye kuvana Ingabo muri

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bafashe umwanzuro wo gukura ingabo zawo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Rodrigo Duterte yitabye Urukiko Mpuzamahanga i La Haye

Rodrigo Duterte yitabye Urukiko Mpuzamahanga i La Haye

Rodrigo Duterte ategerejwe imbere y’urukiko rwa ICC ku wagatanu,aregwa ibyaha byibasira inyokomuntu ku bw’intambara ye ku biyobyabwenge Urukiko rwatanze itangazo
Perezida Kagame yagaragaje uburyo amahanga afite inyungu mu burasirazuba bwa kongo

Perezida Kagame yagaragaje uburyo amahanga afite inyungu mu burasirazuba bwa

Mukiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’Umunyamakuru Wifashisha urubuga rwa X, Mario Nawfal, yagarutse ku nzira asanga zakemura ibibazo by’umutekano muke
Inshamake kumateka ya perezida wa congo Felix Tshisekedi

Inshamake kumateka ya perezida wa congo Felix Tshisekedi

Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavukiye i Kinshasa ku itariki ya 13 kamena 1963. Ni umuhungu wa Etienne Tshisekedi, washinze ishyaka
MINISANTE yagaragaje ko u rwanda rwiyemeje kugeza ubuvuzi kuri bose

MINISANTE yagaragaje ko u rwanda rwiyemeje kugeza ubuvuzi kuri bose

Abitabiriye inama ku Buzima n’ubukungu muri Afurika, basabwe guhuza imbaraga mu mikoranire ndetse no guhanga udushya byafasha muguteza imbere urwego
Angola yatangaje ko izaba umuhuza mu mishyikirano y’amahoro hagati ya leta ya congo n’inyeshyamba za M23

Angola yatangaje ko izaba umuhuza mu mishyikirano y’amahoro hagati ya

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo (RDC) yari yarakomeje kwanga kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ifata uwo mutwe nk’uw’iterabwoba.