u Rwanda mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kwakira abimukira
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye no kwakira abimukira birukanywe binyuranyije n’amategeko. Ni…
