Abarwanyi ba AFC/M23 bavuye mu Mujyi wa Walikale
Mu ijoro ryo ku wa 1 rishyira uwa 2 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 batangiye kuva mu Mujyi wa Walikale, aho nta mirwano yabayeho. Nyuma y’uko batakigaragara muri uyu mujyi,…
Mu ijoro ryo ku wa 1 rishyira uwa 2 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 batangiye kuva mu Mujyi wa Walikale, aho nta mirwano yabayeho. Nyuma y’uko batakigaragara muri uyu mujyi,…
Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, ateganya gusura Hongiriya mu ruzinduko rw’iminsi ine, akaba ari bwo bwa mbere agiye ku butaka bw’u Burayi kuva aho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumusohoreyeho…
Mu rwego rwo kugabanya ingabo za Loni (MONUSCO) muri RDC, muri Mata 2024, ingabo zavuye muri Kivu y’Amajyepfo, hagendewe ku masezerano hagati ya Loni n’ubuyobozi bwa RDC. Byari biteganyijwe ko…
Ku wa 1 Mata 2025, Senateri w’Umudemokarate Cory Booker wo muri New Jersey yakoze ijambo ry’igihe kirekire ku nteko ishinga amategeko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rikaba ari ryo…
Col Pacifique Kayigamba Kabanda, Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), yatangaje ko azakomereza ku musingi w’ubufatanye mu gukora neza no mu mucyo. Yabigarutseho ku wa 1 Mata 2025 mu…
Kuwa 17 Werurwe, Minisiteri y’Ingabo muri Siriya yohereje ingabo n’ibinyabiziga by’intambara ku mupaka wa Libani nyuma y’iyicwa ry’abasirikare batatu ba Siriya. Mu misozi yo mu kibaya cya Bekaa mu burasirazuba…
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora. Aya masezerano yashyizweho umukono ku wa 31 Werurwe 2025, hagati ya Komiseri Mukuru…
Umugore wari umaze hafi iminsi itatu afungiranye mu bisigazwa by’inyubako yasenyutse yakuwe mo ari muzima ku wa Mbere. Byabaye ibyishimo bikomeye ku bari mu bikorwa by’ubutabazi, nyuma y’uko umutingito ukomeye…
Igipolisi cyo muri Koreya y’Epfo cyatangiye iperereza ku mugabo ukekwaho gutwika inkongi y’ishyamba mbi kurusha izindi mu mateka y’igihugu, ubwo yasukuraga imva za sekuru na nyirakuru, nk’uko umwe mu bagenzacyaha…
Isar Aerospace, sosiyete y’Abadage ikora ibyogajuru, yakoze igerageza rya mbere rya roketi yitwa Spectrum ku cyambu cy’icyogajuru cya Andøya, muri Noruveje, ariko ntiryagenze neza kuko iyi roketi yagwa hasi igaturika…