Minisitiri w’uburezi yihanangirije ababyeyi n’abana batubahiriza ingengabihe yo gusubira kwishuri.
Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri ku gihe bashobora kuzabyishyura kubera igihombo giterwa n’imodoka ziri gutegereza abana ariko zikabura. Ibi yabivuze ku itariki ya 3…
