Donald Trump avuga ko atari umuyobozi w’umunyagitugu, ariko arifuza kohereza abasirikare mu mijyi yo muri Amerika atabanje kubisabira uburenganzira ku ba guverineri bayiyoboye
ashington D.C. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atari umuyobozi w’umunyagitugu (“dictator”), nubwo yemeye ko hari abantu benshi bamubona uko, ndetse bakaba banabishaka. Ibi yabivuze…
