Amerika nicyo gihugu gifite kaminuza nyinshi ziri mu inziza ku isi
Mugihe ku rutonde rwa kaminuza 100 za mbere Nziza ku isi ziri mu bihugu bitarenze no kuri 20 igihugu cya Amerika cyihariye kimwe cya Gatatu cyazo mu gihe igihugu kiyigwa…
Mugihe ku rutonde rwa kaminuza 100 za mbere Nziza ku isi ziri mu bihugu bitarenze no kuri 20 igihugu cya Amerika cyihariye kimwe cya Gatatu cyazo mu gihe igihugu kiyigwa…
None kuri uyu wa 17 Kanama 2025 minisiteri y’uburezi ishyize umucyo ku makuru ajyanye n’ibihe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta mu byiciro bitandukanye muri uyu mwaka wa 2025. Nk’uko…
Igihugu cya Amerika cyashyizwe ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu byagaragayeho kumurika ibitabo byinshi mu mwaka wa 2022 dore ko cyakubye Inshuro zirenga eshatu igihugu cya kabiri ku mubare…
Igihugu cyo mu birwa bya Mauritius ni igihugu cya mbere mu bya mbere biyoboye Urutonde rw’ibifite ababituye bihagije ku bumenyi ku mugabane wa afurika. Nubwo benshi bakunda gushaka ubumenyi mu…
Ibigo bya kaminuza zo muri afurika y’epfo bikomeje kuza ku isonga ku myanya ya mbere ya kaminuza Nziza Kandi zikunzwe mu iziri kuri uyu mugabane wa afurika muri 2025. Ni…
Ururimi rw’icyongereza ruri mu indimi zivugwa n’abantu benshi muri afurika mu bihugu bitandukanye mu mirimo myinshi ihuriramo abantu batandukanye. Muri uyu mwaka wa 2025 uru rurimi ruri gusakara mu bice…
Kuri uyu wa kane tariki 29 Gicurasi abanyeshuri bagera ku 4562 basoje amasomo yabo mu byiciro bitandukanye bahawe impamyabumyenyi. Ni igikorwa cyabereye muri Bk Arena kuri uyu wa 29 Gicurasi…
Inyubako y’ikigo cy’amashuri cya inyemeramihigo yafashwe n’inkongi y’umuriro irasha irakongoka. Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi habyutse hasakazwa amakuru y’inkongi yibasiye imwe mu nyubako…
huzuye ubumenyi: Ngibi ibihugu bifite uburezi bwo ku rwego rwo hejuru kurusha ibindi ku isi byuzuye abahanga n’impuguke. Hashyizwe hanze amakuru ajyanye n’uburezi byumwihariko ibihugu biteye imbere mu burezi aho…
Monica Geingos, umugore wa nyakwigendera Hage Geingob wayoboye Namibia (2015-2024), yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu burezi, asaba abanyeshuri gushyira imbaraga mu myigire yabo. Ku wa 2 Mata 2025,…