Guteza imbere ubuyobozi bw’abafite ubumuga mu kubaka ejo hazaza hizerwa kandi harambye.
Uyu munsi, tariki ya 3 Ukuboza 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu wkizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kwita ku Bafite Ubumuga, insanganyamatsiko y’uyu mwaka ikaba ari “Guteza imbere ubuyobozi bw’abafite…
