Cristiano Ronaldo yatangaje ko atazitabira igikombe cy’Isi cya amakipe yabaye ayambere iwayo(igikombe cy’Isi cya ama Club) nyuma y’uko mu minsi yashize hari amakipe menshi yamwifuzaga ngo azamujyane muri icyo gikombe cy’Isi cya Club.
ibi byaje nyumay’uko ikipe akinira ya Al-Nassr itazacyitabira bitewe n’uko itabonye itike yo kucyitabira,Cristiano Ronaldo usoje amasezerano muri iyo kipe amakipe yari yifuje kuzamukoresha gusa we yaje gutangaza ko atazagikina bityo amakipe yamwifuzaga abi amwibagiwe, ku isonga ikipe ya Al Hilal yo muri Egpty niyo yari yagaragaje ko ariyo imushaka cyane
Cristiano Ronaldo yavuze kuri Lamine Yamal yavuze ko Lamin Yamal arimo kwitwara neza cyane agafatirana impano afite, avuga ko abantu bamureka akabanza agakura ntibamushyireho igitut cyinshi kuo aracyari muto.
Yagize ati:”Lamine Yamal arimo kwitwara neza agafatairanya amahirwe y’impano ye. Mureke uwo mwana akure. Ntimumushyireho igitutu cyinshi. Mu mureke abe uwo ari we akure neza. Mu mureke wenyine kuko icyo atabuze ni impano”.

Lamine Yamal arimo kwitwara neza agafatairanya amahirwe y’impano ye amagambo ya Cristiano Ronaldo

Cristiano Ronaldo yatangaje ko atazitabira igikombe cy’Isi cya amakipe yabaye ayambere iwayo