Umuhanzi Davido wo muri Nigeria usigaye yiharira uduhigo ku mbuga nkoranyambaga zikora iby’umiziki akomeje kongera uduhigo kutundi aho kuri ubu hariho Ako yashyiriye kuri Spotify iri mu iziri gukorerwaho imicururize y’umuziki.
Burnaboy yagaragajwe nk’umuhanzi ufite Indirimbo yakinwe kenshi mu cyumweru kimwe aho akurikirwa n’abarimo Chike nabo mu ndirimbo bakoranye n’uyu Davido uri ku mwanya w amabere bimushyira mu bagaragaraho cyane.
Ku myanya myiza kuri uru rutonde uyu muhanzi Davido Ari ku igera kuri ibiri mu iyitwa With you yakoranye na Omah lay imaze amezi atatu igiye hanze naho ku mwanya wa Kabiri hakaba indi ye yakoranye na Chike.
Davido ku ndirimbo ye ya mbere aha iyoboye izindi kuri Miliyoni 4 hafi n’ibihumbi 980 naho indi iri ku mwanya wa Kabiri ikaba iri kuri Miliyoni 4 n’ibihumbi 800 naho ikurikira izi ze ikaba iya Wizkid yitwa Kese.
Mu zindi ndirimbo ziriho hari iyitwa joy isi coming yagize abayikinnye mu cyumweru bangana na Miliyoni Eshatu n’igice ndetse n’iyitwa Bad Girl yasatiye kugera kuri miliyoni Eshatu n’igice biburaho ibihumbi 100.
Iyi ndirimbo ya Davido ikomeje kugera kuri Ibi nyuma y’uko nawe abonye umuvuduko iriho nuburyo ikunzwe akayikura mu izari kuri Alubumu ye yitwa 5ive aho yanashimiye Omah lay bayikoranye.

