Lionel Messi yatsinze ibitego 91 mu 2012 yakuyeho agahigo kari gafitwe na Gerd Muller we yari yaratsinze ibitego 85 mu 1972. Sebastian Abreu umunya Uruguay yakiniye amakipe 31 yose yabigize umwuga mu buzima bwe akaba yaraciye agahigo ko gukinira amakipe menshi kurusha abandi. Tommy Ross mu 1964 tatsinze ibitego 3 mu masegonda 90 yonyine ubwo igihugu cye cyakinaga na Naim. Mugilan K umuhinde kuri 13 kanama 2022 yakinije umupira ivi uwuteraho incuro 196 utarakora hasi mu munota 1 gusa. Chinonso Eche wo muri Nigeria yakinishije umutwe atera ku mupira incuro 233 zose mu munota umwe, uyu kandi yagejeje incura 1000 atera umupira n umutwe mu minota 7 na masegonda 46 tariki ya 13 ukwakira 2021.rene Mathussek we yaryamye hasi azamura amaguru akajya akoresha umutwe na maguro agatera umupira numutwe akawugaruza amaguru udakoze hasi, abikora incuro 50 kandi aryamye.
Robert Carmona yashoboye kugeza imyaka 59 agikina umupira. lamine Yamal niwe mwana muto wakinnye mu irushanwa rya euro, aho yarikinnye ku myaka 16 n iminsi 338. Christiano Ronaldo niwe mukinnyi watsinze ibitego byinshi n umutwe aho kurubu amaze gutsinda ibitego 154 kandi aracyakina, Ronaldo amaze gutdinda ibitego 172 bya penalty akaba ari nawe mukinnyi umaze gutsinda ibitego byinshi byemewe na FIFA . juninnho prenambucano umunya Brazilniwe ufite agahigo ko gutsinda imipira iteretse izwi nka (free kick) myishi aho yatsinze 77. Just Fontaine umufaransa we yatsinze ibitego 13 mu gikombe cy isi kimwe ahagana mu 1958 cyari cyarabereye muri Sweden. Olivier Giroud mu gikombe cy isi 1998 ngo yasohotse mu kibuga adakoze kumupira numwe nyamara yarakinnye iminota 90 yose. Ronaldo niwe mukinnyi kwisi umaze gutsinda ibitego byinshi 925 afite intego yo kuzuza ibitego 1000. Impaka xiracyari nyinshi hibazwa umwami wa ruhago kugeza kuri ubu hati ya Messi, Ronaldo. Maradona ndetse na Pele. Bamwe bavugako igikombe cy isi ariryo rushanwa rikomeye abanda bakavuga champions league, arko umunya brazil Pele niwe wenyine watwaye ibikombe by isi 3. Ese wowe ubona arinde mukinnyi w’ ibihe byose?

Lionel Messi yatsinze ibitego 91 mu 2012 yakuyeho agahigo kari gafitwe na Gerd Muller we yari yaratsinze ibitego 85 mu 1972

Sebastian Abreu umunya Uruguay yakiniye amakipe 31 yose yabigize umwuga mu buzima bwe akaba yaraciye agahigo ko gukinira amakipe menshi kurusha abandi

lamine Yamal niwe mwana muto wakinnye mu irushanwa rya euro, aho yarikinnye ku myaka 16 n iminsi 338

Olivier Giroud mu gikombe cy isi 1998 ngo yasohotse mu kibuga adakoze kumupira numwe nyamara yarakinnye iminota 90 yose

Ronaldo niwe mukinnyi kwisi umaze gutsinda ibitego byinshi 925 afite intego yo kuzuza ibitego 1000