Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > FIFA Club World Cup: Amakipe yose azakina 1/4 yamaze kumenyekana nyuma y’uko Real Madrid na Borussia Dortumund nazo zikatishije itike

FIFA Club World Cup: Amakipe yose azakina 1/4 yamaze kumenyekana nyuma y’uko Real Madrid na Borussia Dortumund nazo zikatishije itike

Mu ishoro ryakeye hasozwaga  1/8 imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za Ameca, amakipe ako ari umunani yaraye amenyekanye yageze muri 1/4, ikipe ya Real Madrid yasezere ikipe ya Juventus iyitsinze igitego 1-0, naho ikipe ya Borusia Dortumund isezera ikipe ya Monterrey ku bitego 2-1.

Umukino wabaye kare n’uwatangiye ku isa ya 21h00 wahuje ikipe ya Real Madri na Juventus yo mu Butaliyani, wari umukino uryoheye ijisho kuko wihutaga cyane wabonaga ko amakipe yombi agerageza kwataka ashaka igitego, gusa n’ubwo amakipe yombi yagendaga yataka ashaka igitego ku ruhande rwa Juventus abasore barimo Randal Kolo Muani haraho yasigaranye n’umuzamu Thibaut Courtois gusa umupira awushyira hejuru y’izamu ninako igice cya mbere cyaje kurangira ari 0-0.

Igice cya kabiri k’umunota wa 54 Gonzalo Garcia yatsindiye igitego  Real Madrid n’igitego ya yatsinze n’umutwe k’umupira waruhinduwe imbere y’izamu bamyugariro ba Juventus bananirwa kuwukuraho, andi mashotiyose Real Madrid yagerageje gutera mu izamu umunyeza  wa Juventus umwe mubazaamu badasnzwe witwa Di Gregorio yayaykuyemo.

Borussi Dortumund yo mu Buddage nayo yabonye tike ya ¼ nyuma yo gutsinda ikipe Monterry ibitego 2-1, n’ibintu byabaye kare kuko yabatsinze ibitego B     ibiri hacyirikare cyane mu gice cya mbere.

Real Madrid izacakirana na Borussia Dortumund muri ¼, n’umukino uteganyijwe tariki ya Nyakanga 2025, aya makipe kandi niyo mu mwaka washize yari yahuriye ku umukino wanyuma wa UEFA Champion League maze Real Madrid itsinda ibitego 2-0, kuruwo munsi kandi ikipe ya Bayen Muninch izaba yacakiranye n’ikipe ya PSG, undi mukino wa  ¼ uteganyijwe kuriyo tariki n’uzahuza ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza na Palmeiras yo muri Brazil. Undi mukino uzaba bukeye bwaho uhuze ikipe ya Fluminense yo muri Brazil n’ikipe ya Al Hilal yo muri Saudi Arbia.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *