Harabura iminsi 17 gusa mu Rwanda hakabera shampiyona y’Isi y’amagare

harabura iminsi micye igera kuri 17 gusa mu Rwanda hakabera shampiyona y’Isi y’amagare izaba ibereye k’umugabane w’Africa bwa mbere mu mateka by’umwihariko ikabera hano mu Rwanda.

Shampiyona y’Isi yo gusiganywa ku amagare (UCL World Champion) igiye kubera hano guhera tariki ya 21 kugeza 28 nzeri 2025, ikazazenguruka mu mujyi wa kigali. imyiteguro igeze kure hitegura ino shampiyona.

haba mubijyanye n’imodoka zizakoreshwa muri iri riganywa zamaze kuboneka ndetse n’ibindi by’inshi bijyanye n’imiteguro birimo biragenda neza imyiteguro igeze kure mu mihnda ya Kigali.

mu gihe cy’isiganywa ry’amagare amashuri yo mu mujyi wa kigali azaba afunze ndetse abakozi ba Leta ndetse n’abo mu bigo by’abikorera bashishikarizwa kuzaba bakorera m’urugo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends