Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Ubumenyi > harimo Matela igura miliyari: Ngibi ibintu abantu batazi ko bihenze ku isi bitunzwe n’ibyamamare

harimo Matela igura miliyari: Ngibi ibintu abantu batazi ko bihenze ku isi bitunzwe n’ibyamamare

Abantu benshi bakunda kwibaza imibereho y’ibyamamare ku isi n’ibyo batunze, bashingiye ku bwamamare bwabo n’ibyagaciro batunze.

None Tjptrends igiye kubagezaho ibintu bya mbere ku isi bihenze (by’agaciro) bitunzwe n’ibyamamare bitandukanye mu isi ya rurema.

  1. Matela yambere ifite agaciro k’amafaranga menshi igurwa arenga miliyoni imwe y’amadorali, iyi Matela ikaba ifitwe n’abantu bake ku isi yose barimo umukinnyi wa filime Angelina Jolie, Drake n’abandi bake nka Tom nawe uzwi muri Hollywood.
  2. telephone ya mbere ihenze ku isi ni Falcon supernova Iphone 6, iyi telephone igurwa miliyoni 45.5 y’idorali.
  3. urupapuro rukoreshwa mu bwiherero(toilet paper) ruhenze kwisi, rugurwa arenga miliyoni imwe y’amadorali. iyi toilet paper ihenze bingana uku kubera zahabu zitagira ingano ikozemo.
  4. ikanzu ya mbere ihenze ku isi ifite agaciro ka miliyoni 30 z’amadorali.
  5. Mugihe abantu benshi bazi ko ibitabo bidahenda cyane, Igitabo gihenze cyane ku isi kigurwa miliyoni zirenga 30 z’amadorali. ni igitabo cyaguzwe n’umuherwe uri mu batunze cyane ku isi witwa Billgate. niba wasomye inkuru yacu, ni ikihe kintu mubyo twabagejejeho cyagutangaje?

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *