Ikipe ya Arsenal nyuma yo kuvunika kwa Kai Havertz yonjye kubra dosiye yayo k’umusore Eberechi Eze

Ikipe ya Arsenal Nyma yo kuvunikisha bitunguranye umusore wabo Kai Havertz ubungu nyuma y’igihe yarabivuyemo yonjye kubura dosiye k’Umwongereza Eberechi Eze ibiganiro bigeze kure vuba bidatinze ashoora kuza gusinya.

Uyu musore Eberechi Eze w’imyaka 27 usanzwe ukinira ikipe ya Crystal Place nyuma y’imnsi ikipe ya Tottenham Hotspur iri mubiganiro n’uyu musore ndetse yaramaze no kwizera ko igiye ku mwegukana gusa yatangaga miliyoni 50 z’amapawundi arriko Crystal Place ikabasaba miliyoni 60, byaje kuba ngombwa nyuma y’uko Rutahizamu Kai Havertz agize ikibazo cy’imvune ikipe ya Arseanl yahise ijya kwa Crystal Place maze ibabwira ko ishak uno musore.

Eberechi Eze nawe n’ubundi wakuriye muri Arsenal gusa nyuma akaza kuyivamo nawe ashaka kwerekeza muri Arsenal ibyo kuba yari yaramaze kumvika na Tottenham Hotspur ntago bimureba akaba yamaze guhindura ibitekerezo byo kwerekeza muri iyo kippe byamaze kurangira.

Abakunzi ba Arsenal mu minsi micye bitegure kwakira Eberechi Eze mu minsi micye ashobora kuza gushyira umukono ku masezerano muri Arsenal mugihe yaba yishyuye Miliyoni 60 z’amapawundi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends