Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze ibiciro byo kwinjira mu mukino wa CAF Confederations cup uzayihuza na Singida Black stars

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sport yashyize hanze ibiciro byo kwinjira mu mukino wa CAF Confederations cup uzayihuza na Singida Black stars.

N’ibiciro ikipe ya Rayon Sport yashyize hanze ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukinnyi nyuma y’uko habura iminsi itanu gusa ngo iyi kipe icakirane na Singida Big Stars mu ijonjora rya mbere rya CAF Confederation Cup, n’umukino uzaba tariki ya 20 Nzeri 2025 bizaba ari ku wa gatandatu ku isaha ya 6:00pm kuri Kigali Pele Stadium.

Umuntu uri bugure tikee mbere ya Tariki ya 17 Nzeri 2025 itike ya General izaba ari ibihumbi 5k, Regular 10k VIP ni 70k mu gihe VIVIP ni ibihumbi 200k. abantu bazagura amatike guhera tariki ya 18 amatike aza yiyonjyereye kuko General izaba yabaye 7k, Regular azaba ari 15k ,VIP izaba yabaye 100k.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends