Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > Lamine Yamal yamaze kongera amasezerano muri FC Barcelona azamugeza muri 2031

Lamine Yamal yamaze kongera amasezerano muri FC Barcelona azamugeza muri 2031

Lamine Yamal umukinnyi ukiri muto cyane yamaze ukomeje kugenda abica bigacika yamaze gusinya amasezerano azamugeza muri 2031, ibi bibaye nyuma y’amakuru menshi yaramze iminsi avugaga ko uno mukinyi agomba kongera amasezerano y’igihe kirekire muri ino kipe ya FC Barcelona koko ngo bamubonamo Messi wahazaza.

Lamini Yamal ku myaka 17 gusa amaze guca uduhigo tutigezwe dukorwa n’undi uwariwe wese kuri iyo myaka doere ko na Lionel Mesi atigeze abikora kuko uno mukinyi amazekwegukana ibikombe 5 byose harimo n’ibya La Liga 2 kandi kuri ino myaka afite Mesi nta gikombe na cyimwe yari yakegukanwe, bivuze ko yamaze gushyiraho agahigo ku myaka micye cyane dore ko ataruzuza n’imyaka y’ubukure.

Yamini Yamal by’umwihariko muri uno mwaka w’imikino yerekanye ubuhanga buhambaye yaba mu mikino ya UEFA Champion League ndetse no muri La Liga by’umwihariko nkaho babashije gutsinda ikipe ya FC Barcelona imikino 4 yose bahuye kandi yagiye agaragaza ubuhanga buhambaye kuko n’umwe mu bakinyi bagiye bagaragara bakomeza bagenzi be kandi ibyo binti bikorwa n’abakinnyi bakuru, yagiye yerekana ko yatsinda ibitego ku mikino ikomeye.

N’umwe mu basore bamaze kwigarurira imitima y’abafana cyane bitewe n’amacenga ye n’uburyo atwaramo umupira, ubwo basezerwaga na Inter muri ½ cya UEFA Champion League yabwiye mama we ko imbere hakiri ibindi bikombe byo gukinira, yatangaje ko FC Barcelona ari ikipe ikomeye kandi ikwiye ibyiza gusa.

Yamini Yamal n’umwe mu bakinnyi isi yitezeho ibitangaza mu myaka iri mbere ari nabyo FC Barcelona yashingiyeho imuha amasezerano y’igihe kirekire kugira ngo hatazagira n’indikipe imutekereza, FC Barcelona imufata nka Lionel Mesi wejo hazaza kandi n’Isi yose niko ibibona ukurikije uburyo arimo kugenda yitwaramo.

Lamine Yamal yamaze kongera amasezerano muri FC Barcelona azamugeza muri 2031

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *