Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > Lorenzo nyuma yo kwaka agacupa akababariwa,ya sezeye RBA.

Lorenzo nyuma yo kwaka agacupa akababariwa,ya sezeye RBA.

Lorenzo Musangamfura

Lorenzo Musangamfura uzwi cyane ku makuru yimikino yasezeye RBA, avugako ntamutima mubi umuteye gusezera ahubwo bibaye ngombwa ko asezera. avuga cyane ashima RBA ko babanye neza cyane.

Lorenzo uzwi cyane kuri radio Rwanda, yavuzweho byishi byatumye amenyekana cyane, Lorenzo yabanje gukorera kuri radio 10 nyuma yaho bikarangira akoreye RBA, ahashije he yigeze kugirana ibibazo na RBA bitwewe nuko yari yakoresheje imbuga ze nabi, ubwo lorenzo Yashyiraga amashusho na majwi kumbuga ze yereka umuntu ukwiye gufashwa nibwo ninisitiri yamwandikiraga,Lorenzo akabanza akamwaka icupa. Ibi byamuviriyemo kwirukanywa muri RBA, Nyuma yo gusaba imbabazi ategereje, nibwo yafunguye “channel” ye akajya acishaho amakuru nkumunyamakuru w’umwuga.

Nyuma nibwo yaje guhabwa imbabazi agaruka muri RBA akora nkibisanzwe. amakuru yizewe ya tjptrends nuko Lorenzo yatanze urwandiko rusezera taliki 6/1/2025, asobanura avuga ko gusezera ari ibisanzwe mukazi kose waba ukora. amakuru ahari nuko agiye kwerekeza kuri kuri Radio nshya ya Sammuel Karenzi agiye gufungura.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *