Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Ubukungu > Muri Senegal Lisansi iri gukosha

Muri Senegal Lisansi iri gukosha

Mu gihugu cya Senegal ibikomoka kuri peteroli na mazutu biri ku giciro gihanitse kuburyo abahatuye batoroherwa bo gukoresha Ibikoresho bisaba mazutu, peteroli na Lisansi.

Ku rutonde rw’igihugu byo muri afurika bifite ibiciro bihanitse kuri Lisansi iki gihugu cya Senegal kiri mu bya mbere kuko kiza inyuma Gato ya Repubulika ya Central African iri ku mwanya wa Mbere.

Ibihugu biri kuri uru rutonde birimo kimwe cyo muri afurika y’iburasirazuba aricyo Uganda, Central African iri imbere y’ibihugu byose muri afurika kuko Lisansi yaho kuyigura bisaba kuba wigomwe byinshi dore ko abatunze ibinyabiziga bari kugorwa no kubimarana iminsi kubera ikiguzi kinini cya Lisansi.

Igihugu cya kabiri cya Senegal nacyo kuri ubu abaguzi b’ibinyabiziga bari guhura n’impungenge zo gukomeza gukoresha ibinyabiziga bya Lisansi kubera ibiciro byo hejuru kuko iki gihugu nacyo cyazamuye ibijyanye n’igura ryabyo.

Ibindi bihugu birimo ni Zimbabwe iri ku mwanya wa Gatatu,Cote D’Ivoire iri ku mwanya wa Kane naho Burkina Faso ikaba ku mwanya wa Gatanu.

Cameroon nayo ntabwo Lisansi yiyoriheje kuko iri ku mwanya wa Gatandatu igakurikirwa na Malawi naho ku mwanya wa munane hakazaho Morocco ku wa cyenda na Cumi hakaza Uganda iri kuwa cyenda mugihe kuwa cumi hariho igihugu cya Ghana.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *