umuhanzi w’umunya amerika, Nelly yavuze impamvu yahisemo kubana nk’umugabo n’umugore na Ashanti.

umuraperi w’umunya amerika Nelly yavuzeko impamvu yafashe umwanzuro akabana na ashanti nk’umugore we byeruye ari uko yifuzaga ko uyu mubyeyi nawe amubera umugore kuko ngo ari mu bamubyariye nubwo batabanaga mbere yaho.
ubwo yaganiraga na Bootleg Kev, Nelly yavuze ko akimara kumenya ko ashanti amutwitiye umwana yahtekereje agasanga akwiye kubana nawe kugira ngo yitandunye n’abandi bagore babyaranye.
Nelly na Ashanti batangiye gukundana mu mwaka 2012 gusa nyuma baza gutandukana nyuma yaho umwaka umwe.
nyuma y’imyaka 10 barongeye basubira murukundo ubwo ni ahayinga muwa 2023 nubwo bo babigize ibanga bakaza kwerura iby’urwo rukundo muri 2024.
kuri ubu bafitanye umubano uhagaze neza cyane ko basigaye bagaragara bitabiriye ibirori bitandukanye nk’igiheruka cya mu kwezi kwa kabiri.
aba bombi usibye urukundo banahuriye mu buhanzi
ibyo wamenya kuri aba bahanzi mu incamake
ashanti ntabwo ari kurwego ruhambaye kuko akurikirwa n’abantu miliyoni imwe kuri shene ye ya youtube mugihe indirimbo afite yakunzwe ari iyitwa foolish yarebwe na miliyoni 233.
nelly akurikirwa na miliyoni 5 hafi 6 mugihe kuri shene ye ya youtube afite indirimbo yarebwe na miliyari imwe na miliyoni 700.

