Nigeria yashyizwe mu bihugu bifite insengero nyinshi ku isi

Igihugu cya Nigeria cyashyizwe ku mwanya wa Mbere ku rutonde rw’ibihugu bigize isi bifite insengero nyinshi ku isi.

Mu gihe ku isi habarirwa ama Miliyoni magana y’insengero n’abanyamatorero ama Miliyari menshi ibihugu nka Leta zunze ubumwe za amerika,Nigeria biri mi byihariye umubare munini w’abayoboke n’insengero nyinshi ku isi.

Muri ibi bihugu 10 biza imbere higanjemo ibyo ku mugabane w’uburayi ndetse ibyinshi biri ho hari ibisanzwe Ari binini mu buso ku isi nka Nigeria uyu mwanya iriho akenshi iwuheshwa n’ubunini ifite bituma n’abayituye ari benshi.

Ku mwanya wa Mbere hari leta zunze ubumwe za amerika igihugu kigizwe na Leta nyinshi aho iki gihugu gifite insengero ibihumbi 380 gikurikirwa na Brazil ifite izigera ku ibihumbi 300 naho Nigeria yo ikaba iri ku mwanya wa Gatatu n’insengero ibihumbi 100.

Ku mwanya wa Kane hari uburusiya bufite insengero zigera ku bihumbi 90 ku mwanya wa Gatanu hakaba hari mexico ifite ibihumbi 88 mugihe ibindi bihugu biri inyuma y’ibi harimo ibyo muri Asia nk’ubuhinde,ubushinwa n’ibindi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends