ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru m’urwanda ryahanishije Rayon Sport muri uno mwaka w’imikino ntago yemerewe kongera kwinjiza abafana kuri sitade kuko FERWA yatangaje ko imikino isigaranye nta bafana bemewe muburyo bwo kubahana, Iki ni igihano ikipe yahawe kubw’imyitwarire y’abafana i Bugesera.
Nyuma y’imvururu zabaye kuri Stade bigatuma Umukino wa Rayon Sports na Bugesera uhagarikwa ugeze k’umunota wa 57 ahanini biturutse kukutumvikanaho rumwe kuri penalite yahawe ikipe ya bugesera FC bikarangira abafana ba Rayon Sport batangiye gutera amabuye mu ikibuga ndetse n’imvurur mu ikibuga abakinnyi ba Rayon Sport batumva neza ukuntu umusifuzi Ngabo y’isonga Patrick yatanze Penalite kandi bo yayibimye ibyo byaje gutuma komiseri w’umkino ahagarika umukino kubera ikibazo cy’umutekano.
Abantu benshi bagiye batandukanye harimo n’abayobozi k’umbuga nkoranyambaga bagiye batangaza ibintu byinshi kuri wo mukino bamwe babivuga uko babyumva, gusa icyari gitegerejwe kuruta ibindi n’uko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru m’u Rwanda ryagombaga gukurikiza amategeko maze bagashyira umucyo kuri icyo kibazo .
Abantu benshi bagiye batandukanye harimo n’abayobozi k’umbuga nkoranyambaga bagiye batangaza ibintu byinshi kuri wo mukino bamwe babivuga uko babyumva, gusa icyari gitegerejwe kuruta ibindi n’uko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru m’u Rwanda ryagombaga gukurikiza amategeko maze bagashyira umucyo kuri icyo kibazo .
Bivuze ko Rayon Sport igiye guhomba imbaraga z’abafana bayiteraga imbaraga ndetse n’amafaranga yakuraga kuri sitade ntago izongera kuyabona muri uno mwaka w’imikino, imikino Rayon Sport yarisigaje kwakira harimo Vs Vision FC na Vs Gorilla FC .

