Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imyidagaduro > Nyuma yo gutaramira abanyarwanda mu BK Arena mu gitaramo kitwa”the new year groove” The Ben yashimye.

Nyuma yo gutaramira abanyarwanda mu BK Arena mu gitaramo kitwa”the new year groove” The Ben yashimye.

Umuhanzi THE BEN ari gutaramira mu gitaramo cye kinswe” the new year groove”

Taliki 01/01/2025 niho igitaramo cya The Ben kitwa “the new year groove” kimurika alubumu ye, iki gitaramo cyatangaje beshi doreko cyari kimaze igihe kinini cyamamazwa kubinyamakuru bitandukanye. Ibivugwa cyane nuko ikigitaramo hari kuzamo “Diamond Platnumz” ubarizwa mu igihugu cya Tanzania, biba ngombwa ko atakibonekamo. bamwe bavugako ari agasuzuguro, abandi bati ni akazi gusa The Ben yatangaje ko ari impamvu zirihagati yabo kandi ko zumvikana.

The Ben yakomeje ashimira abanyarwanda muri rusange abicishije kurubuga rwe rwa “X” ndetse na “instgram”ko byamukoze ku mutima ko kandi nawe azakomeza kubaha imiziki mwiza, ndetse kandi yagarutse ashimira na bahanzi batandukanye haba abo mu gihugu ndetse no hanze yacyo babonetse mu gitaramo.The Ben abafana be bakomeje kumwereka ko ari urugero rwiza yatanze, mukuzamura impano, ndetse no kuzereka abanyarwanda. Naho abanyamakuru bati ” ibi ntibyari bisanzwe ko umuhanzi ukomeye cyane nka The Ben yatanga amahirwe nkariya, nibyiza kandi bamurebereho” abanzi bati ” urukundo nirwo rwatuma tugera kure, tubaye umuryango ushyigikirana twagera kure.The Ben nurugero rwiza”.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *