Nyuma yo gutsinda ikipe ya Rayon Sport ibitego 3-1 ikipe ya Yanga SC yashyikirijwe igikombe cyayo.
ikipe ya Yanga SC yo muri tanzani yatsinze ikipe ya Rayon Sport ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri sitade Amahoro maze yegukana igikombe cya Rayon day. byari ibiroro bikomeye cyane byahere ku isha ya sayine za mugitondo aho sitade yari yamaze gufungurwa maze aho abahanzi barimo Zeotrap ndetse na Kenny Solo aribo bataramiye abakunzi b’umupira w’amaguru bari bitabiriye ibirori bya Rayon Day, muri ibi birori kandi ikipe ya Rayon Sport yerekanye abakinnyi izifashisha mu mwaka w’imikino utaha aho berekanyemo n’umuzamu Paveli Nzila uheruka gutanduka na APR FC.
Nyuma yo gutsinda Rayon Sports ibitego 3-1, Yanga SC yashyikirijwe igikombe cy’Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day). Umuvugizi w’iyi kipe, Ali Kamwe, umaze iminsi mu Rwanda, yari yatangaje ko kuva ikipe ya Rayon Sports yarashyizeho igikombe ibya gishuti byagiye ku ruhande ko ikipe yagombaga gukina igiharanira, ari na byo yerekanye uyu munsi.







