Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imyidagaduro > Nyuma yo kubura mu igitaramo cy’ Ubunani Cecile Kayirwebwa yasabye imbazi abakunzi be.

Nyuma yo kubura mu igitaramo cy’ Ubunani Cecile Kayirwebwa yasabye imbazi abakunzi be.

Umuhanzikazi akaba n’icyamamare mu Rwanda Cecile Kayirebwa, yabuze mu gitaramo cy’ ubunani ariko abakunzi be ntibabyishimira cyane. Ariko akoresheje imbugaze yasabye imbabazi avugako hazabaho ubundi buryo azahura na bakunzi be bakazahuza urugwiro.

Kayirebwa umuhanzikazi ufatwa nkikitegererezo mu Rwanda kubera ubuhanga bwo kuririmba ndetse ni jyana nziza y’ibihangano bye, byabaye ngombwa ko ataboneka mu gitaramo cy’ Ubunani cyari kubera kuri”luxury Gadern”cya teguwe na Rusakara Intertainment.

Mugihe igitaramo cyari kenda kurangira abakunzi ba Kayirebwa batangiye kwi jujuta cyane bituma bamuhamagara muri rusange bakoresheje indangurura majwi agira ati” Maze iminsi ntameze neza cyane mfite umunaniro mwishi cyane natewe ahanini ni minsi mikuru.Nagerageje uko shoboye ngo nitabire igitaramo ariko intege ziba nke. Ndasaba imbabazi abitabiriye cyane kuko mba mbakumbuye kandi mbahoza kumutima.”

Abakunzi be bakomeje bagira bati” hari impano ikomeye twari twamugeneye nkumuhanzikazi umaze imyaka 30 irenga akora umuziki”.Gusa bakomeje gutarama nubwo umutaramyi mukuru atarahari.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *