Abahanzi barimo Zeo trap,Afrique na Olimah bari mu bagufasha kuryoherwa n’impera z’icyumweru

Mu gihe icyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa karindwi kurangira Niko abakunzi b’umuziki n’imyidagaduro muri rusange bari kuryoherwa n’ibihe babikuye mu bihangano biri gushyirwa hanze n’abo bakunda. Muri iki cyumweru cyatangiye kuwa 07 Nyakanga 2025 abahanzi b’abanyarwanda barimo abaraperi n’abakora izindi njyana bashyize Hanze imiziki iri kunyura abakunzi babo biri mu bikomeza kuryoshya impera z’iki cyumweru. […]

Read More

Marcus Rashford munzira nziza zinjira muri FC Barcelona

Marcus Rashford  ‘imyaka 27 kugeza ubungu wakuriye mu ikipe ya Manchester United kuva afite imyaka irindwi kugeza ubungu, n’ukuvuga ko amaze imyaka 20 muri Manchester United, iyi kipe yamaze kumubwira ko itakimufite muri gahunda zayo agomba kwirebera indi kipe yererekezamo, gusa ikipe ya FC Barcelona umutima wayo wose yawerekeje kuri uno musore hatagize igihindutse isaha […]

Read More

Imyuzure ya Texas ishyize Trump ku munzani: Inkunga zirimo gutangwa, ariko amagambo ya Trump akomeje kunengwa

Perezida Donald Trump yasuye Leta ya Texas kuri uyu wa Gatanu nyuma y’imyuzure ikomeye yahitanye abantu barenga 120, isenya amazu, imihanda, n’ ibikorwa remezo by’abaturage. Ni bimwe mu byago bikomeye igihugu cyahuye nabyo muri uyu mwaka. Imvura yaguye mu masaha make yatumye uruzi rwa Guadalupe ruzamuka byihuse, bikurikirwa n’inkangu n’imyuzure yiswe “imyuzure y’imyaka 100” kubera […]

Read More

Alejandro Garnacho yamaze kwemererwa kugaruka mu myitozo ya Manchester United ku kibuga Carrington

Ikipe ya Manchester United yarimaze iminsi yandikiye abakinyi barimo Marcus Rashford, Alejandro Garnacho, Jadon Sancho ndetse na Antony ko bahaagaritswe mu bikorwa byose bya Manchester United ndetse ko batemerewe no kugaruka gukora imyitozo ku kibuga cy’imyitozo cy’iyi kipe Carrington. Aba bakinnyi uko ari batanu bari bandikiwe ibaruwa ibamenyesha ko batagikenewe muri iyi kipe ko umutoza […]

Read More

Israel irateganya kurandura Hamas burundu nyuma y’agahenge k’iminsi 60: Umugambi mushya wa Netanyahu watunguye isi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gushyira mu bikorwa umugambi mushya wo guhashya burundu umutwe wa Hamas nyuma y’igihe cy’amahoro cy’iminsi 60. Icyo gihe cy’agahenge giteganyijwe kwifashishwa nk’umwanya wo kongera gutegura igisirikare, guhuza amakuru no gukora igenamigambi ryimbitse ry’ibikorwa bikomeye bya gisirikare. Netanyahu yavuze ko iyi gahunda itagamije gutanga amahoro […]

Read More

Abakoresha Lisansi muri Libya bari mu munyenga kubera ibiciro byahananuwe

Mu gihugu cya Libya abagura n’abatunze Ibikoresho bikenera Lisansi bari kubyinira ku rukoma kubera ihananurwa ry’ibiciro byayo dore ko iki gihugu byagishyize ku mwanya wa Mbere w’ibihugu bifite igiciro giro cya Lisansi ku isoko. Mugihe mu bihugu nka Centra Africa litiro umwe ya Lisansi igura hejuru y’idorali n’ibice 70 muri iki gihugu cya Libya ho […]

Read More

FIFA Club World Cup: Paris Saint-Germain yihanije Real Madrid ihita isanga Chelsea k’umukino wanyuma

Mu ijoro ryakeye ikipe ya Paris Saint-Germain yanyagiye ikipe ya Real Madrid ibitego 4-0 , ihita isanga Chelsea k’umukino wa nyuma uzaba tariki ya ya 13 Nyakanga 2025 . Uyu mukino wa ½ cirangiza wabereye kuri MetLife Stadium muri Leta ya New Jersey, warebwe n’abafana basaga ibihumbi 77. n’umukino watangiye wihuta cyane kumpande zombi gusa […]

Read More