Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > Pitchou Umukinyi ukomeye cyane yasubiye muri APREFC

Pitchou Umukinyi ukomeye cyane yasubiye muri APREFC

Nshimirimana Ismail Pitchou umukinnyi ukomeye wu murundi utari ufite akazi, ikipe y’ingabo yemeje kongerera kumusinyisha mu ikipe a APRFC.

Mubyishimo byishi umukinnyi wu mu Burundi yongeye kugarurwa muri APRFC, mu byishimo byishi yarafite kubera ko yaramaze igihe adafite akazi. ibi byabaye kuwa 21/12/2024 niho yongewe amahirwe akomeye cyane yo kugaruka mu ikipe ya APRFC.

Ubundi uyu mukinnyi muri iyi ekipe ya APR FC yakinishwaga imyanya itandukanye cyane cyane kumwanya wibumoso kuruhande rwinyuma.Ubusanzwe amenyereye gukina hagati mukibu aho aje ahasanga abandi bakinnyi barimo nka Richmondy Lamptey,Ruboneka Bosco,Mugiraneza Froudouard,Lamine Bah,Niyibizi Ramadhan na Dauda Yussif.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *