Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > Rayon Sport irifuza abakinnyi bane ba Mukura Vs barimo n’umunyezamu Nikolas Sebwato ndetse na Umar Abba wa Bugesera FC

Rayon Sport irifuza abakinnyi bane ba Mukura Vs barimo n’umunyezamu Nikolas Sebwato ndetse na Umar Abba wa Bugesera FC

Nyuma y’uko umwaka w’imikino urangiye APR FC yeikubiye ibikombe byose ndavuga icy’Amahoro ndetse n’icyashampiyona ikipe, maze mukeba wayo Ryaon Sport igataha amaramasa gusa ntago byayibujije ko nayo igomba kuzasohokera u Rwanda muri Caf Confederation CUP naho APR FC ikazakina CAF Champion League.

Aya makipe yombi arimo kujyenda yiyuba ka kugira ngo bitazaba ibyo kurangiza umuhango gusa ahubwo bazabashe kugera kure ndavuga intego n’uko bazagera mu matsinda bose, kugeza ubungubu amakuru ahari n’uko ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha mu ibanga rikomeye umugande ukina hagati mu ikibuga Ronald Ssekiganda ukinira Villa Sport Club n’amakuru dukesha umunyamakuru usanzwe uba hafi ya APR FC ariko ubu usigaye atuye muri USA, gusa uwitwa Ishimwe Ricard ukorera SK FC nawe usanzwe uba hafi ya APR FC yatangaje ko bitabatungura uyu musore mutamubonye muri APR FC umwaka utaha ahubwo mukamubona muyindi ikipe yhano m’u Rwanda.

Rayon Sport yo nyuma y’uko yibitseho umutoza wa Mukura Vs Lotfi Afahmia  andi makuru aravuga ko Rayon Sport ibiganiro n’umuzamu Nikolas Sebwato ngo abe yaza gusimbumbura Khadime Ndiaye wamaze gutakarizwa icyizere.

Ikipe ya Rayo Sport kandi irfuza umukinyi wa Marine FC  ukina asatira izamu ukina anyuze k’uruhande Usabimana Olvier, uyu nguyu Rayon irashaka ko aza gusimbura iraguha Hadji, Rayon kandi ngo irasha abakinyi benshi ba Mukuru nyuma yo kuzana umutoza wayo ishaka gusiga iyisahyue mubandi ishaka harimo Mensah Boateng ukomoka muri Ghana,Jordan Nzau Ndimbumba ukomoka muri DRC ndete na Uwumukiza Obedi yarangiza ikajya no muri Bugesera ikifuzamo rutahoizamu Umar Abba ari nawe watsinze ibitego byinshi umwaka ushize aho yatsinze ibitego 17.

N’amakipe arimo kugenda yiyubaka kugira ngo barebe ko umwaka w’imikino utaha bazaba bari k’urwego rwiza.

Rayon Sport irasha umunyezamu wa Mukura Nikolas Sebwato

APR FC yamaze gusinyisha umugande Ronald Ssekiganda

Rayon Sport ishaka rutahizamu Umar Abba

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *